English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Urukiko rwa Muhoza rwategetse ko Dr. Bishop Mugisha Samuel akomeza gufungwa.

Urukiko rw’ibanze rwa Muhoza mu karere ka Musanze rwategetse ko Dr. Bishop Mugisha Samuel akomeza gufungwa iminsi 30 yagateganyo. Iyi myanzuro yafashwe nyuma y'ubusabe bwatanzwe n'ubushinjacyaha, kugira ngo hakorwe iperereza ryimbitse ku byaha akurikiranyweho.

Bishop Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel aregwa ibyaha bitatu aribyo: gufata ibyemezo bishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango, ikimenyane n’icyenewabo; kunyereza umutungo; no kwihesha inyungu zinyuranye n’amategeko.



Izindi nkuru wasoma

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE MUSANZE/MUHOZA

Urukiko rwa Muhoza rwategetse ko Dr. Bishop Mugisha Samuel akomeza gufungwa.

93.9 SK FM: Menya abanyamakuru b'inararibonye bagaragaye mu kiganiro ‘Urukiko rw'Ikirenga’.

USA: Trump yashyiriyeho ibihano bikarishye urukiko rukomeye ku Isi arushinja ibyaha bikakaye.

Urukiko rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire Sergeant Minani warashe abantu 5.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-14 10:26:25 CAT
Yasuwe: 82


Comments

By Cyifuzo on 2025-02-14 14:54:13
 Turabashimiye kubwamakuru mudahwema kutugezaho



Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Urukiko-rwa-Muhoza-rwategetse-ko-Dr-Bishop-Mugisha-Samuel-akomeza-gufungwa.php