English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Urukiko rwa Muhoza rwategetse ko Dr. Bishop Mugisha Samuel akomeza gufungwa.

Urukiko rw’ibanze rwa Muhoza mu karere ka Musanze rwategetse ko Dr. Bishop Mugisha Samuel akomeza gufungwa iminsi 30 yagateganyo. Iyi myanzuro yafashwe nyuma y'ubusabe bwatanzwe n'ubushinjacyaha, kugira ngo hakorwe iperereza ryimbitse ku byaha akurikiranyweho.

Bishop Dr. Mugiraneza Mugisha Samuel aregwa ibyaha bitatu aribyo: gufata ibyemezo bishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango, ikimenyane n’icyenewabo; kunyereza umutungo; no kwihesha inyungu zinyuranye n’amategeko.



Izindi nkuru wasoma

U Rwanda rwasobanuye impavu zifatika amashuri y’Ababiligi azakomeza gukora

Impamvu yatumye Umugabo agerageza kwica umukozi w’Urukiko rwa Gasabo akoresheje imbago

Urukiko rwa Uganda rwategetse ihindurwa ry’amazina y’imihanda yitiriwe Abakoloni i Kampala.

Urukiko rwanze gusubika ifungwa ry’umunyeshuri ukekwaho gusambanya no gutera inda umunyeshuri.

Urukiko rwo muri Nigeria, rwashyize akadomo ku byo Naira Marley ahora ashinjwa n’abaturage.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-14 10:26:25 CAT
Yasuwe: 132


Comments

By Cyifuzo on 2025-02-14 14:54:13
 Turabashimiye kubwamakuru mudahwema kutugezaho



Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Urukiko-rwa-Muhoza-rwategetse-ko-Dr-Bishop-Mugisha-Samuel-akomeza-gufungwa.php