English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

USA yaba iri gukorai icyorezo gifite ubukana buruta ubwa  COVID-19

 

Uburusiya bushinja Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ko iri gukora ubushakashatsi bugamije gukora indwara izaba ifite ubukana buruta ubwa COVIE-19.

USA ngo iri gukora iyi vurusi kugira ngo inganda za yo zizakore imiti yo kuyirwanya, nk'uko byagenze mu gihe cya COVID-19, Uburusiya bunashinja USA koa ri yo yakoze icyorezo cya CORONA Virus.

 

 Lt Gen Igor Kirillov uyobora ishami rishinzwe ubwirinzi bw’ibitero byifashisha ibinyabutabire n’ibinyabuzima mu Gisirikare cy’u Burusiya avuga ko ikigo cya USA cyashyizweho kigamije kigamije gukora inyigo zo kwirinda no guhangana n'ibyorezo, ariko cyo kikaba kiri kwikorera virus izabangamira abatuye Isi ku buryo bukomeye.

 

Uyu musisirikare avuga ko Amerika iri gukora virus zitandukanye zirimo iyitwa anthrax, tularemia izahabwa izina ry'ibicurane by'urukwavu ndetse n'izindi nyinshi.

Lt Gen avuga ko Amerika yagiye ikora Virus nyinshi nka Corona Virus, Ibicurane b'ibiguruka n'izindi.

 



Izindi nkuru wasoma

Drones za FARDC zaroshye ibisasu kuri Twirwaneho: Ese Col Makanika yaba yasimbutse uru rupfu?

Urubyiruko rurakangurirwa kwirinda: Imibare y'ubwandu bushya bwa SIDA i Nyagatare iteye inkeke.

CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE MUSANZE CYABARARIKA

Hatangajwe imibare nyakuri yabasirikare ba FARDC baguye mu ntambara yabahuje na M23.

Umurwayi wa mbere yapfiriye mu bitaro bya Mulago azize icyorezo cya Ebola muri Uganda.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-08-17 10:41:36 CAT
Yasuwe: 426


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/USA-yaba-iri-gukorai-icyorezo-gifite-ubukana-buruta-ubwa-COVID19.php