English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Tour du Rwanda 2025: Menya ahantu nyaburanga haza kunyura amagare mu gace ka Gatanu.

Tour du Rwanda 2025 irakomeza kuri uyu wa Gatanu, hakinwa agace ka gatanu kazatangirira mu mujyi wa Rusizi kagasorezwa i Huye, ku ntera y’ibilometero 144. Aka ni kamwe mu duce dufite uburebure buri hejuru muri iri rushanwa, kandi kitezweho gutanga ishusho nyayo y’imbaraga z’abakinnyi mu guhangana n’imisozi ihanamye ya Nyungwe.

Baranyura mu nzira irimo ubukerarugendo n’amateka

Uru rugendo ruranyura  mu mihanda y’icyaro izenguruka Pariki ya Nyungwe, hamwe haba inyamaswa n'ibimera bitangaje birinda ishusho yihariye y’Ubwiza bw’u Rwanda. Abakinnyi baragenda banyura mu mirambi y’icyayi n’amashyamba meza, aha hantu hakunze gushimwa n’abasura u Rwanda kubera umwuka mwiza w’ubukerarugendo.



Izindi nkuru wasoma

Ibikubiye mu masezerano y’ubufatanye u Rwanda na Ethiopia basinyanye mu bya Gisirikare

Igitaramo kimbaturamugabo cyari kuzaba ku munsi wo gutangira icyunamo mu Rwanda cyahagaritswe

SIMBA SC yo muri Tanzania ishobora kwisanga hano mu Rwanda, Menya impamvu

Umunyarwenya Kevin Hart ntakozwa ibyo kwambara ikoboyi, Menya impamvu

Amb. Olivier yemeje ko ifungurwa ry’Ikibuga cy’Indege cya Goma rigomba kunyura mu nzira zemejwe



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-28 09:02:26 CAT
Yasuwe: 58


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Tour-du-Rwanda-2025-Menya-ahantu-nyaburanga-haza-kunyura-amagare-mu-gace-ka-Gatanu.php