English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Menya imibare mishya igaragaza uko virusi ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Mu ijoro ryo ku wa 22 Ukwakira 2024 MINISANTE yashyize hanze raporo igaragaza uko icyorezo gihagaze mu Rwanda, aho yashimangiye ko umuntu umwe ari we ukirimo kuvurwa indwara ya Marburg.

Iyi raporo kandi igaragaza ko abantu bose bamaze kwandura iki cyorezo ari62, abamaze gukira iyi ndwara ni 46, mu gihe abamaze guhitanywa nay o ari 15, ibipimo bimaze gufatwa byose hamwe ni 4924 harimo 85 byafashwe ku munsi wejo wa Kabiri tariki 22 Ukwakira 2024.

Kugeza  ubu abamaze gukingirwa  iyi virusi ni 1227, harimo abantu 78 bakingiwe kuri uyu wa Kabiri. Nta murwayi mushya wabonetse kuri uyu munsi, nta n’uwapfuye azize icyo cyorezo.

Donatien Nsengimana.



Izindi nkuru wasoma

Menya imibare mishya igaragaza uko virusi ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Ishusho igaragaza uko imibare y’indwara ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze.

MINISANTE yatangaje imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze mu Rwanda.

Menya unasobanukirwe: Dr. Patrice Mugenzi na Dr. Mark Bagabe bagizwe Abaminisitiri ni bantu ki?



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-23 08:46:47 CAT
Yasuwe: 8


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Menya-imibare-mishya-igaragaza-uko-virusi-ya-Marburg-ihagaze-mu-Rwanda.php