English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

MINISANTE yatangaje imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze mu Rwanda.

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko nta muntu wanduye icyorezo cya Marburg mu bipimo 103 byafashwe kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Ukwakira 2024

Ntawapfuye kuri uyu munsi, mu gihe abarimo kuvurwa kugeza ubu ari abantu batatu.

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje kandi ko abakingiwe bamaze kuba 1070, ubariyemo 38 bahawe urukingo uyu munsi.

Iyi mibare yatangajwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 19 Ukwakira 2024.

Donatien Nsengimana.



Izindi nkuru wasoma

Menya imibare mishya igaragaza uko virusi ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Icyorezo cya Mpox kizwi nk’ubushita bw’Inkende kimereye nabi abaturanyi.

Ishusho igaragaza uko imibare y’indwara ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Uwahoze ari visi Perezida wa Kenya Gachagua yatangaje ko Guverinoma ya Ruto yagerageje ku muroga.

Imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-20 08:03:27 CAT
Yasuwe: 91


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/MINISANTE-yatangaje-imibare-mishya-igaragaza-uko-icyorezo-cya-Marburg-gihagaze-mu-Rwanda.php