English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze.

Kuri uyu 21 Ukwakira 2024,Minisiteri y’Ubuzima,  yatangaje ko umuntu umwe , yakize mu gihe babiri  ari bo bari kuvurwa icyorezo cya Marburg.

Ntawapfuye, nta n’uwanduye mushya wabonetse kuri iki cyumweru . Raporo ya Minisiteri y’Ubuzima kandi igaragaza ko kugeza ubu, inkingo zimaze gutangwa ari 1070.

MINISANTE itangaza ko hashingiwe ku ishusho rusange y’icyorezo cya Marburg mu Rwanda n’imbaraga zashyizwe mu guhangana na cyo, kugitsinda biri hafi.



Izindi nkuru wasoma

Menya imibare mishya igaragaza uko virusi ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Icyorezo cya Mpox kizwi nk’ubushita bw’Inkende kimereye nabi abaturanyi.

Ishusho igaragaza uko imibare y’indwara ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze.

MINISANTE yatangaje imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze mu Rwanda.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-21 07:47:13 CAT
Yasuwe: 68


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Imibare-mishya-igaragaza-uko-icyorezo-cya-Marburg-gihagaze.php