English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Kicukiro:Yishikirije Urwego rw’ubugenza cyaha RIB nyuma yo kurarana n’umukobwa agapfira iwe.

 

Umusore wo mu Karere ka Kicukiro mu murenge Nyarurama yishikirije urwego rw’ubugenzacyaha RIB kuri sitasiyo ya Gikondo nyuma yo gutahana umukobwa ukora uburaya akaza gupfira iwe.

Mu gitondo cyo kuwa kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2023 nibwo amakuru y’urupfu rw’uyu mukobwa rwamenyekanye.abaturage batangaza ko uyu musore  yakuye iyi  ndya Nyabugogo amujyana mucyumba nyuma yo gutera akabariro umukobwa arapfa.

Umubyeyi Mediatrice Umunyamabanga nshingwa bikorwa w’umurenge wa Kigarama yatangaje ko icyateye uru rupfu kitaramenyekana.

Ati”amakuru twakiriye nuko uyu mugabo yagiye kugura indaya ayijyana hariya hantu gusa ntabwo ari umuturage wacu,nyuma yo kubona uwo bararanye apfuye niko kwijyana kuri sitasiyo ya RIB ya gikondo”.



Izindi nkuru wasoma

Icyakurikiyeho nyuma yuko umugore atawe muri yombi azira gukata igitsina cy’umugabo we.

Uganda: Abantu Umunani basezerewe nyuma yo gukira Ebola, abandi amagana bari mu kato.

Rukoma: Polisi yamennye inzoga z’inkorano mu ruhame nyuma y’umukwabu ukomeye.

Rayon Sports yakomeje muri 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro nyuma yo guhemukira Rutsiro FC.

Ubuhamya bwa Nsabimana wagarutse mu Rwanda nyuma yo gufungirwa muri Bukavu azira $ 200.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-11-15 11:08:48 CAT
Yasuwe: 195


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/KicukiroYishikirije-Urwego-rwubugenza-cyaha-RIB-nyuma-yo-kurarana-numukobwa-agapfira-iwe.php