English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Kicukiro:Yishikirije Urwego rw’ubugenza cyaha RIB nyuma yo kurarana n’umukobwa agapfira iwe.

 

Umusore wo mu Karere ka Kicukiro mu murenge Nyarurama yishikirije urwego rw’ubugenzacyaha RIB kuri sitasiyo ya Gikondo nyuma yo gutahana umukobwa ukora uburaya akaza gupfira iwe.

Mu gitondo cyo kuwa kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2023 nibwo amakuru y’urupfu rw’uyu mukobwa rwamenyekanye.abaturage batangaza ko uyu musore  yakuye iyi  ndya Nyabugogo amujyana mucyumba nyuma yo gutera akabariro umukobwa arapfa.

Umubyeyi Mediatrice Umunyamabanga nshingwa bikorwa w’umurenge wa Kigarama yatangaje ko icyateye uru rupfu kitaramenyekana.

Ati”amakuru twakiriye nuko uyu mugabo yagiye kugura indaya ayijyana hariya hantu gusa ntabwo ari umuturage wacu,nyuma yo kubona uwo bararanye apfuye niko kwijyana kuri sitasiyo ya RIB ya gikondo”.



Izindi nkuru wasoma

Igikwiye gukorwa nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye

Volleyball: Amakipe yombi ya APR VC yageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka

Ikigiye gukorwa nyuma yuko Jennifer Lopez atandukanye na Ben Affleck: Ese agiye kongera gukunda?

Icyo urubyiruko rwemereye AFC/M23 nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Walikare

Ndasaba amahoro arambye n’u Rwanda - Perezida Tshisekedi nyuma yoguhura na Kagame



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-11-15 11:08:48 CAT
Yasuwe: 238


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/KicukiroYishikirije-Urwego-rwubugenza-cyaha-RIB-nyuma-yo-kurarana-numukobwa-agapfira-iwe.php