English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Imiryango iharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe  Abatutsi yihuje.

Imiryango IBUKA, AERG na GAERG-Aheza yihuje ikomeza kwitwa IBUKA mu rwego rwo gushyira hamwe no kongera imbaraga mu mikorere y’Imiryango iharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Nyuma yo kwihuza kw’iyi miryango, Inteko Rusange yatoye Dr Philibert Gakwenzire ku mwanya wa Perezida wa IBUKA, nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara ribivuga, akazaba yungirijwe na Christine Muhongayire.



Izindi nkuru wasoma

RIB yafunze abari gushakira inyungu ku bandi hakoreshejwe uburiganya

Kayonza: Ibyo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi basaba Leta mbere Kwibuka ku nshuro ya 31

Ubuhamya bushya: Perezida Kagame avuga uko Tshisekedi yubakiye ku ngengabitekerezo ya Jenoside

Minisitiri Bizimana ashinja RDC n’u Burundi gukwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside mu karere

Minisitiri Nduhungirehe yagaragarije UN ko DRC ikomeje kwica Abatutsi, asaba amahanga guhaguruka.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-12-09 09:06:47 CAT
Yasuwe: 161


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Imiryango-iharanira-inyungu-zAbarokotse-Jenoside-yakorewe--Abatutsi-yihuje.php