English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Imiryango iharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe  Abatutsi yihuje.

Imiryango IBUKA, AERG na GAERG-Aheza yihuje ikomeza kwitwa IBUKA mu rwego rwo gushyira hamwe no kongera imbaraga mu mikorere y’Imiryango iharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Nyuma yo kwihuza kw’iyi miryango, Inteko Rusange yatoye Dr Philibert Gakwenzire ku mwanya wa Perezida wa IBUKA, nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara ribivuga, akazaba yungirijwe na Christine Muhongayire.



Izindi nkuru wasoma

Ninde ukwiriye gutoza She-Amavubi nyuma yuko Rwaka Claude yeretswe imiryango isohoka.

Ingamba z’u Rwanda mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Gusomana: Inyungu z'igikorwa cy'urukundo ku mubiri n'imitekerereze ya muntu.

Séraphin Twahirwa w’imyaka 66 wahamijwe ibyaha bya Jenoside yapfiriye muri gereza.

Polisi yataye muri yombi umusaza wakoze Jenoside ariko agatoroka nyuma yo kwihinduranya.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-12-09 09:06:47 CAT
Yasuwe: 120


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Imiryango-iharanira-inyungu-zAbarokotse-Jenoside-yakorewe--Abatutsi-yihuje.php