English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Dr.Bishop Mugiraneza Mugisha Samuel yagejejwe ku rukiko rw'ibanze rwa Muhoza.

Dr. Bishop Mugiraneza Mugisha Samuel, wahoze ari umuyobozi wa Diyosezi ya Shyira mu Itorero rya Angilikani mu Rwanda, yagejejwe ku rukiko rw'ibanze rwa Muhoza, aho aje ku burana ku ifungwa n'ifungurwa ry’agatenyo.

Uru rubanza ruri mu byiciro by’ibyaha ashinjwa byo kunyereza no gukoresha umutungo wa diyosezi mu nyungu ze bwite igihe yari akiri ku buyobozi.

Inkuru ya Dr. Mugisha ikomeje gukurura impaka nyinshi, aho benshi bibaza ku buryo abayobozi b’amatorero bakoresha umutungo w’amatorero mu buryo budakurikije amategeko.

Iki kirego kiratanga isomo ry'ingenzi ku mikorere y’imiryango y’amadini mu gihugu ndetse kikaba cyafasha mu gushyiraho uburyo bwo gukurikirana neza imikoreshereze y’amafaranga mu matorero.



Izindi nkuru wasoma

Ibyiza Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga agenerwa kugira ngo asohoze inshingano ze neza

Impamvu yatumye Umugabo agerageza kwica umukozi w’Urukiko rwa Gasabo akoresheje imbago

Urukiko rwa Uganda rwategetse ihindurwa ry’amazina y’imihanda yitiriwe Abakoloni i Kampala.

Urukiko rwanze gusubika ifungwa ry’umunyeshuri ukekwaho gusambanya no gutera inda umunyeshuri.

Urukiko rwo muri Nigeria, rwashyize akadomo ku byo Naira Marley ahora ashinjwa n’abaturage.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-06 10:52:52 CAT
Yasuwe: 148


Comments

By UK.Desire on 2025-02-06 23:29:41
 Nkunda iyo mugeze kunkuru zibyabaye mumadini no munsengero ,uretse se gukoresha nabi umutungo wagenewe umurimo w'Imana nabi ,wagizengo ibyo byo gushyiraho ngo uburyo bwa audit n'igenzura niryo ryabikemura nshuti ? Wapi ! Munzego se zigandukanye zitar



Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/DrBishop-Mugiraneza-Mugisha-Samuel-yagejejwe-ku-rukiko-rwibanze-rwa-Muhoza.php