Hezbollah yaraye irasa kubutaka bwa Israel ijoro ryose.
Ingabo za Israel zatangaje ko zarashweho ibisasu biremereye byiganjemo ibyo mu bwoko bwa roketi aho byaraswaga mu majyaruguru bivuye muri Libani , ibyo byabaye ubwo Hezbollah yateraga inganda n’inyubako za gisirikare muri Israel.
Ibisasu bya Roketi birenga 105 byasamiwe mu kirere n’ubwirinzi bw’igihugu cya Israel,ariko Israel ntibyayikundiye kubera ko hari ibyatambutse bikagera ku mazu y’abaturage.
Ingabo za Israel zavuze ko integuza z’ibitero byo mu kirere zaraye zumvikana mu ijoro ryo ku wa 21 Nzeri 2024,nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ibitangaza.
Hezbollah yatangaje ko yarashe ibisasu byinshi bya roketi byerekezaga mu majyaruguru ya y’iki gihugu. Ibi ikaba yabikoze mu rwego rwo kwihorera kubitero baherutse kugabwaho bigahitana abatari bake.
Israel ntiyahwemye kugaba ibitero ku butaka bwa Libani nyuma y’igitero cy’indege cyagabwe I Beirut ku wa gatanu IDF yatangaje ko abayobozi bakomeye ba Hezbollah bahasize ubuzima.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show