English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Umunyamakuru Isaac Rabbin Imani usazwe ukorera  Isango Star na TV yahinduye umuvuno.

Ubwo habaga igikorwa cyo kwerekana kumugaragaro abakinnyi Police Volleyball Club na Police Women Volleyball Club zizifashisha mu mwaka w’imikino wa 2024-2025, ni nabwo hatangajwe ko umunyamakuru Isaac bagiye kujya bakorana mu gisata cya siporo.

Ubuyobozi  bw’ayamakipe bwerekanye , Isaac Rabbin Imani usazwe ari umunyamakuru mu wa siporo ko ahawe inshingano zijyanye n’Itumanaho n’Itangazamakuru mu makipe ya Police Volleyball Club na Police Women Volleyball Club.

Rabbin ni Umunyamakuru usanzwe ufite uburambe, cyane ko ari mu bamaze imyaka myinshi mu mwuga w’Itangazamakuru mu gice cy’imikino.

Donatien Nsengimana.



Izindi nkuru wasoma

‘Umunyamakuru Fatakumavuta yarihanangirijwe arinangira’ Dr.Murangira B.Thierry.

RIB yafunze umunyamakuru Fatakumavuta kubera gukoresha nabi imbuga nkoranyambaga.

Umunyamakuru Isaac Rabbin Imani usazwe ukorera Isango Star na TV yahinduye umuvuno.

Umunyamakuru wa Radio Maria i Goma yishwe arashwe.

RDB yeretse abakire b'i Rubavu amahirwe ari mu gukorera hamwe.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-18 10:26:24 CAT
Yasuwe: 24


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Umunyamakuru-Isaac-Rabbin-Imani-usazwe-ukorera--Isango-Star-na-TV-yahawe-ikaze-muri-Polisi.php