English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uko Bebe Cool bamuhoza ku nkeke bamukangisha gusaza

Umunyabigwi mu muziki wa Uganda, Bebe Cool yahishuye ko ahora mu ntambara z’abamubwira ko ashaje yakabaye arekera aho gukora umuziki. Uyu mugabo w’imyaka 47 y’amavuko amaze imyaka irenga 20 mu muziki akaba afatwa nk’umwe mu banyabigwi b’umuziki wa Uganda.

Icyakora nubwo avuga ko abantu bahora bamubwira ko ashaje nawe yemera ko atifuza gufatwa nk’umusaza ariyo mpamvu ahora akorana indirimbo n’abakiri bato kugirango yihuze n’abo mu myaka yose.



Izindi nkuru wasoma

Uko Bebe Cool bamuhoza ku nkeke bamukangisha gusaza

ITANGAZO RYA CYAMUNARA KUGIRA HISHYURWE ABAMUHOZA SACCO

Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye: Imbogamizi z’amacumbi mu banyeshuri ziteye inkeke

Ikibazo cy'Ibinyabutabire byarengeje igihe bikibitse mu Mashuri giteye inkeke.

Urubyiruko rurakangurirwa kwirinda: Imibare y'ubwandu bushya bwa SIDA i Nyagatare iteye inkeke.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:18:13 CAT
Yasuwe: 28


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Uko-Bebe-Cool-bamuhoza-ku-nkeke-bamukangisha-gusaza.php