English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

U Rwanda rwaje ku isonga muri Africa mu kugira umutekano usesuye.

U Rwanda rurangaje imbere ku mugabane w’Afurika mu bihugu bifite  umutekano, rufite amanota 0.85. Ni urwego rwo hejuru rugaragaza icyitegererezo ku bindi bihugu.

Mauritius na Namibia birakurikiraho, byose bifite amanota 0.75, bigaragaza umuhate w’ibyo bihugu mu guteza imbere ituze n’imiyoborere myiza.

Ibi byerekana ko amategeko n’imiyoborere myiza ari ishingiro ry’iterambere rirambye n’icyizere mu nzego z’Igihugu.

Nk’uko byatangajwe na Business insider urwanda nirwo ruyoboye ibindi bihugu muri Africa mugihe Tanzania iza kumwanya wa 10.

Dore ibihugu 10 bya Afurika bifite Umutekano n’Itangamajuriro byiza muri 2024:

1. Rwanda 0.85

2. Algeria 0.76

3. Mauritius 0.75

4. Namibia 0.75

5. Tunisia 0.72

6. Guinea 0.71

7. Ghana 0.71

8. Madagascar 0.71

9. Botswana 0.71

10. Tanzania 0.70

 



Izindi nkuru wasoma

Ng’ubwo ubuhamya bw’abaturage bambuka umupaka wa Kamanyola uhuza u Rwanda na RDC.

Twibukiranye ibihe by’ingenzi byariranze Tour du Rwanda kuva ryatangira n’abaryegukanye.

Amb. Nduhungirehe yasezeye mugenzi we wa Ukraine, ku ruhare rwiza mu mubano n’u Rwanda.

U Rwanda rusaba RDC gushyigikira inzira z’amahoro muri Congo. Ibyo Amb. Ernest yeretse Loni.

U Rwanda rwamaganye imigambi ya RDC yo kubangamira ubufatanye bwarwo n’amahanga.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-12-29 15:29:37 CAT
Yasuwe: 80


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/U-Rwanda-rwaje-ku-isonga-muri-Africa-mu-kugira-umutekano-usesuye.php