English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Rubavu hafashwe inka 8 zari zijyanywe muri DRC mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Inka umunani zafatiwe ku mupaka uhuza Goma na Gisenyi mu Murenge wa Rubavu, bikekwa ko zari zigiye kubagirwa mu mujyi wa Goma muri DRC, ziciye munzira zitemewe.

Itangazo ryashyizwe hanze rigira riti "Uwamenya amakuru ku waba yabuze imwe muri izi nka yatumenyesha, zifashwe zari zijyanywe muri DRC ziciye mu nzira zitemewe."

Iryo tangazo rikomeza rigira riti "Ubu ziri mu maboko y’Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rubavu, mudufashe dusangire amakuru."

Mu kwizihiza Noheli mu mujyi wa Gisenyi, habazwe inka 260 n’ amatungo magufi 86.

 



Izindi nkuru wasoma

Rubavu: Rwanda NGO Forum ije nk’umusemburo mu kurwanya Malariya, Igituntu na SIDA.

U Rwanda rusaba RDC gushyigikira inzira z’amahoro muri Congo. Ibyo Amb. Ernest yeretse Loni.

Icyakurikiyeho nyuma yuko umugore atawe muri yombi azira gukata igitsina cy’umugabo we.

Mbappé yatsinze hat-trick, Real Madrid isezerera Manchester City muri Champions League.

RDC: Abasirikare n’Abasivili basaga 500 barekuwe muri gereza ya Mulunge mu gihe M23 isatira Uvira.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-12-26 16:36:08 CAT
Yasuwe: 63


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Rubavu-hafashwe-inka-8-zari-zijyanywe-muri-DRC-mu-buryo-bunyuranyije-namategeko.php