English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Reagan Ndayishimiye we nabagenzi be  barekuwe by’agateganyo

Urukiko rwa Gisirikare rwasomye imyanzuro ku rubanza ruregwamo abasivili n’abasirikare ku byaha bifitanye isano no gukoresha umutungo wa Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Uru rukiko rwategetseko abasivile 23 barurwa by’agateganyo, abo barimo abanyamakuru: Reagan Ndayishimiye, Ricard Ishimwe, Mucyo Antha. Abayobozi babiri ba RCS nabo barekurwe by’agateganyo.

Abasirikare 3 bategetswe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Ibyaha baregwa birimo  gukoresha amafaranga ya Minisiteri y’Ingabo mu kugura amatike y’indege mu buryo bunyuranyije n’amategeko, gutanga no kwakira inyandiko utemerewe, ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta.

Iperereza rirakomeje, urubanza ruzakomeza kuburanishwa mu mizi.



Izindi nkuru wasoma

Reagan Ndayishimiye we nabagenzi be barekuwe by’agateganyo

Uko Perezida Ndayishimiye akomeje kugambanira u Rwanda aha indaro abashaka kurusenya

Igihugu twagifashe turushye, ntituzakirekura - Perezida Ndayishimiye

RED-Tabara yanyomoje Perezida Ndayishimiye

U Rwanda rwavuze iki ku magambo yavuzwe na Perezida Ndayishimiye?



Author: Elyse Niyonsenga Published: 2025-08-26 16:21:43 CAT
Yasuwe: 75


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Reagan-Ndayishimiye-we-nabagenzi-be--barekuwe-byagateganyo.php