English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

MINISANTE  yatangaje imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze.

Raporo ya Minisiteri y’Ubuzima  abantu umunani bakize icyorezo cya Marburg ku wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, abamaze gukira bose hamwe baba 38.

Ntawapfuye, nta n’uwanduye mushya wabonetse kuri uwo munsi, abarimo kuvurwa ni abantu icyenda.

Raporo ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko inkingo zimaze gutangwa ari 856.

Iibimenyetso bya Marburg birimo kugira umuriro mwinshi, umutwe ukabije, kubabara imikaya, umunaniro, kuruka no gucibwamo.

Abantu bakangurirwa kwirinda kwegwera umurwayi ufite ibimenyetso, kugira isuka gukaraba intoki n’isabune n’amazi meza no kwirinda gusuhuzanya bakoranaho, mu rwego rwo kwirinda Marburg.



Izindi nkuru wasoma

Menya imibare mishya igaragaza uko virusi ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Icyorezo cya Mpox kizwi nk’ubushita bw’Inkende kimereye nabi abaturanyi.

Ishusho igaragaza uko imibare y’indwara ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Uwahoze ari visi Perezida wa Kenya Gachagua yatangaje ko Guverinoma ya Ruto yagerageje ku muroga.

Imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-17 09:03:16 CAT
Yasuwe: 30


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/MINISANTE--yatangaje-imibare-mishya-igaragaza-uko-icyorezo-cya-Marburg-gihagaze.php