English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Kuri uyu mugoroba Iran iri  kurasa ibisasu kirimbuzi kuri Israel.

Mu kirere cya Israel  hari kugaragaramo  ibisasu birimo n’ibiremereye nk’uko tubikesha ibinyamakuru bikomeye, byanditse ko mu  kirere harimo kugaragara ibisasu byirukanka cyane byerekeza mu mujyi wa Yeruzalemu no muri Israel nyuma y’akanya gato kashize White House iburiye Israel ko ishobora kugabwaho ibitero biremereye bakabigira imikino.

Amashusho arimo gucicikana ku bitangazamakuru mpuzamahanga arerekana abaturage barimo gukiza amagara yabo, ari nako hakomeza kumvikana urusaku rw’ibiturika n’ibice by’ibisasu bigwa ku butaka.

Amakuru amaze gushyirwa ahagaragara aremeza ko Perezida wa US Joe Biden yategetse igisirikare cya Amerika gufasha ingabo za Israel guhanura ibyo bisasu, nk’uko byemejwe kuri uyu wa Kabiri n’Inama y’Umutekano mu biro bya Perezida.

 

Nsengimana Donatien.



Izindi nkuru wasoma

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE RUBAVU WAGURA KURI MAKE

Israel yafungiye amazi n’umuriro Antonio Guterres kubera ibitero bya Iran.

Iran yakojeje agati mu nozi: Abahanga mu gusesengura iby’intambara.

Kuri uyu mugoroba Iran iri kurasa ibisasu kirimbuzi kuri Israel.

Menya icyatumye Gerard Mbabazi asezera kuri RBA.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-01 20:13:07 CAT
Yasuwe: 27


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Kuri-uyu-mugoroba-Iran-itangije-urugamba-rukomeye-kuri-Israel.php