English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Indwara ya Marburg yongeye guhitana ubuzima bw’umuntu umuwe.

Ejo ku wa mbere tariki ya 14 Ukwakira MINISANTE yatangaje imibare mishya igaragaza uko icyorerzo gihagaze mu Rwanda . yatangaje ko iyi ndwara ya Marburg yongeye guhitana ubuzima bw’umuntu umuwe, bituma umubare w’abamaze kwitaba Imana bayizize mu Rwanda ugera kuri 15.

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hagaragaye umuntu umwe wanduye iyi ndwara ya Marburg, wabonetse mu bipimo 140 byafashwe, aho kugeza ubu hamaze gufatwa ibipimo 3 797.

Ejo ku wa 14 Ukwakira 2024, umuntu umwe wasanganywe ubwandu bw’iyi ndwara, yatumye umubare w’abamaze kuyisanganwa bose ugera kuri 62 kuva hatangazwa ko igeze mu Rwanda.

Raporo ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko inkingo zimaze gutangwa ari 708.

Donatien NSENGIAMANA.



Izindi nkuru wasoma

Menya imibare mishya igaragaza uko virusi ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Senateri Uwera Pélagie yongeye gusekerwa n’amahirwe atorerwa kuba muri Sena ya PAP.

UEFA Champions League yongeye yagarutse

Ishusho igaragaza uko imibare y’indwara ya Marburg ihagaze mu Rwanda.

Imibare mishya igaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-15 08:14:36 CAT
Yasuwe: 33


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Indwara-ya-Marburg-yongeye-guhitana-ubuzima-bwumuntu-umuwe.php