English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ibyo wamenya kuri CG Gasana Emmanuel wayoboye Polisi washizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida kagame yemeje ikiruhuko k’izabukuru kuba Komiseri batandatu bo muri Polisi y’igihugu barimo CD Gasana Emmanuel wayoboye igipolisi igihe kinini.

Harimo CP Butera Emmanuel,CP Vianney Nshimiyimana ,CP Bruce Munyambo,ACP Damas Gatare,ACP Private Gakwaya.

Si aba gusa bashizwe mu kiruhuko k’izabukuru kuko harimo aba ofisiiye 5 bakuru,ba pfiisiye bato 28 ndetse nabapolisi basanzwe ,6 nagiyemo kubera uburwayi na 7  bagiye mu kiruhuko kubera impamvu zitandukanye.

Iki cyemezo cyafashwe kuwa 27 zneri 2023 kije gikurikira icy’abasirikare nabo haherutse gushirwa mu kiruhuko k’izabukuru.

CG Gasana Emmanuel washizwe mu kiruhuko yayoboye Polisi kuva 19 ukwakira 2009 kugeza kuwa 18 ukwakira 2018.

Ni inshingano yavuyeho yahize igihe gito agirwa GUverineri w’intara y’Amajyepfo aho yavuye mu mwaka wa 2021 yerekeza mu ntara y’Iburasirazuba ari naho akorera ubu.

 



Izindi nkuru wasoma

Iby’ingenzi kuri Politiki y’imisoro ivuguruye mu Rwanda.

Abanyamakuru b’ubushongore n’ubukaka bagaragaye kuri radio nshya ‘SK FM’.

Leta y’u Rwanda yazamuye imisoro kuri bimwe mu bicuruzwa, isoresha n’ikoranabuhanga.

Ububiligi busabye u Rwanda gukura abasirikare muri RDC, bunashyigikira ibihano kuri Kigali.

Perezida Trump ashyizeho undi musoro mushya uzagira ingaruka zikomeye kuri Canada.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-09-28 18:05:30 CAT
Yasuwe: 438


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyo-wamenya-kuri-CG-Gasana-Emmanuel-wayoboye-Polisi-yashizwe-mu-kiruhuko-cyizabukuru.php