English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

I Burayi: Manchester United y’abakinnyi 10 yigaranzuye Arsenal iyisezerera muri FA Cup.

Wari umukino wari utegerejwe na benshi aho aya makipe ubusanzwe ahora ahanganye, uyu mukino waje kurangira ikipe ya Manchester United yegukanye intsinzi kuro Penaliti 4-3, nyuma yo gusoza iminota 120 amakipe yombi anganya igitego 1-1.

Ikipe ya Manchester United itahabwaga amahirwe muri uyu mukino dore ko yaherukaga gutsinda Arsenal mu mwaka wa 2022, yakinnye iminota myinshi y’umukino ari abakinnyi 10, nyuma y’ikarita y’umutuku yari yahawe Diogo Dalot ku munota wa 61, mu gihe Arsenal nayo yari yahushije penaliti ya Martin Odegaard.



Izindi nkuru wasoma

AFC/M23 yatangaje impamvu yanze kuva muri Walikare

Uko amakipe azahura Muri 1/2 cya UEFA Nations League

Umugore yatawe muri yombi azira guteme umugabo we

M23 ikomeje gufata ibice byo muri Teritwari ya Walikale ku muvuduko udasanzwe

Nyaruguru: Abayobozi babiri b’Akarere batawe muri yombi, Menya impamvu



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-01-13 11:01:46 CAT
Yasuwe: 133


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/I-Burayi-Manchester-United-yabakinnyi-10-yigaranzuye-Arsenal-iyisezerera-muri-FA-Cup.php