English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Habuze iki ngo APR FC itwarwe umukinnyi ukomeye

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Kamena 2025, hano mu Rwanda haravugwa amakuru menshi y'imikino cyane cyane ku igura n'igurishwa ry'abakinnyi.

Ku munsi wejo hashize tariki 20 Kamena 2025, nibwo havugwaga amakuru menshi kuri rutahizamu witwa Raouf Memel Dao, byavugwaga ko yifuzwa na APR FC.

Uyu munya-Burkina Faso bivugwa ko yari yararanzwe na Djibril Cheick Ouattara bakomoka mu gihugu kimwe, ariko ntabwo azaza gukina hano mu Rwanda. Amakuru dukesha Kigali Today avuga ko Raouf Memel Dao yamaze gusinyira Singida Black Stars.

Umwe mu bayobozi b'iyi kipe witwa Omar Kaya, yavuze ko uyu musore w'imyaka 21 yamaze gusinya imyaka itatu muri Singida Black Stars.



Izindi nkuru wasoma

Habuze iki ngo APR FC itwarwe umukinnyi ukomeye

Rayon Sports yatumijeho by’igitaraganya umukinnyi w’Umurundi

APR FC yasinyishije umukinnyi ukomeye w’umunyamahanga

Kevin Muhire yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo

Umukinnyi ukomeye wari witezwe muri APR FC yasinyiye Esperance De Tunis



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-21 19:21:50 CAT
Yasuwe: 16


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Habuze-iki-ngo-APR-FC-itwarwe-umukinnyi-ukomeye.php