DRC:Hafashwe abantu 10 bambaye nka Adam na Eva basambanira mu kivunge
Polisi ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yatangaje ko yataye muri yombi abantu 10 birimo abagabo n'abagore basambaniraga mu kivunge cy'abantu mu ijoro rya tariki ya 21 Kamena 2024.
Umuyobozi wa Polisi yo mu mujyi wa Kinshasa Blaise Kilimbalimba yatangaje ko abo bantu batawe muri yombi basambanira mu kivunge muri Komine Ngaba iherereye mu murwa mukuru Kinshasa.
Kilimbalimba yagize ati “Batawe muri yombi nyuma y’aho abaturage batabaje ko bari kubasakuriza. Polisi yabasanze bambaye ubusa nka Adamu na Eva. Tugomba guhagarika ibi bikorwa biri kwangiza Isi n’abana bacu, by’umwihariko i Kinshasa.”
Uyu mupolisi yasobanuye kandi ko muri iryo joro, Polisi yataye muri yombi abavanga imiziki basakuriza abaturage, ifata ibikoresho bitanga umuziki birimo insakazamajwi 300.
Ati “Abavanga imiziki batawe muri yombi, insakazamajwi zabo zirafatirwa. Abantu b’i Kinshasa bakeneye kubaho mu mahoro. Iyo umuziki urenze inkuta z’inzu iri gucurangirwamo, birabangama. Insengero n’abandi bagomba kubahiriza itegeko.”
Iki gikorwa cya Polisi gitangiye nyuma y’aho Umushinjacyaha Mukuru asabye abashinjacyaha gutangira gukurikirana abijandika mu busambanyi ndetse n’abateza urusaku. Ni icyemezo cyashingiye ku cyifuzo cya Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba.
Umuyobozi wa Polisi yo mu mujyi wa Kinshasa Blaise Kilimbalimba yatangaje ko abo bantu batawe muri yombi basambanira mu kivunge muri Komine Ngaba iherereye mu murwa mukuru Kinshasa.
Kilimbalimba yagize ati “Batawe muri yombi nyuma y’aho abaturage batabaje ko bari kubasakuriza. Polisi yabasanze bambaye ubusa nka Adamu na Eva. Tugomba guhagarika ibi bikorwa biri kwangiza Isi n’abana bacu, by’umwihariko i Kinshasa.”
Uyu mupolisi yasobanuye kandi ko muri iryo joro, Polisi yataye muri yombi abavanga imiziki basakuriza abaturage, ifata ibikoresho bitanga umuziki birimo insakazamajwi 300.
Ati “Abavanga imiziki batawe muri yombi, insakazamajwi zabo zirafatirwa. Abantu b’i Kinshasa bakeneye kubaho mu mahoro. Iyo umuziki urenze inkuta z’inzu iri gucurangirwamo, birabangama. Insengero n’abandi bagomba kubahiriza itegeko.”
Iki gikorwa cya Polisi gitangiye nyuma y’aho Umushinjacyaha Mukuru asabye abashinjacyaha gutangira gukurikirana abijandika mu busambanyi ndetse n’abateza urusaku. Ni icyemezo cyashingiye ku cyifuzo cya Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show