Burundi-Kibira, operasiyo idasazwe yahitanye abasirikare babarirwa muri 80.
Igihugu cy’u Burundi kiri mugahida gakomeye nyuma yo gupfusha abasirikare 80 bivanzemo n’ab’iyindi mitwe yitwaje intwaro bose basazwe bapfiriye mu ishyamba rya Kibira.
Guverinoma y’UBurundi yirinze kwemeza ayamakuru cyangwa ngo iyahakane, gusa amakuru dukura ahantu hizewe avuga ko imirambo y’aba basirikare kugeza ubu iri mu bitaro bya gisisrikare. Mu bitabye Imana harimo abasirikare b’Uburundi (FDNB), inyeshyamaba za FDLR akaba ari nazo zirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda,abo mu mbonerakure ndetse n’abandi benshi.
Ibyo byose byabereye mu ishyamba rya Kibira mu mugambi wa Guverinoma y’Uburundi wogukomeza guhuriza hamwe abasirikare bayifasha muri gahunda zayo zo kugaba ibitero ku gihugu cy’u Rrwanda.
Bamwe mubasesenguzi bakomeye batangaje ko izo ngabo zishobora kuba zishwe biturutse ku gusubiranamo hagati yazo cyane ko kugeza magingo aya ntamuntu urafatwa cyangw ango akurikiranweho ubwo bwicanyi.
Amakuru atugeraho yemeza ko Guverinoma y’i Burundi ikomeje guha imyitozo ya gisirikare idasazwe aho ngo ‘’ bakeneye abasirikare ibihumbi 50 biganjemo abo mu mitwe isazwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda mu rwego rwo kwitegura kurugabaho ibitero bikomeye.
Muri iri shyamba rya Kibira si ubwambere habonetsemo imirambo y’Abasirikare kuko no mu Kwezi kwa Gicurasi uyu mwaka hagaragayemo imirambo isaga 32 yari yambaye impuzankano y’Ingabo za Leta ya Congo.Igihugu cy’u Burundi kiri mugahida gakomeye nyuma yo gupfusha abasirikare 80 bivanzemo n’ab’iyindi mitwe yitwaje intwaro bose basazwe bapfiriye mu ishyamba rya Kibira.
Guverinoma y’UBurundi yirinze kwemeza ayamakuru cyangwa ngo iyahakane, gusa amakuru dukura ahantu hizewe avuga ko imirambo y’aba basirikare kugeza ubu iri mu bitaro bya gisisrikare. Mu bitabye Imana harimo abasirikare b’Uburundi (FDNB), inyeshyamaba za FDLR akaba ari nazo zirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda,abo mu mbonerakure ndetse n’abandi benshi.
Ibyo byose byabereye mu ishyamba rya Kibira mu mugambi wa Guverinoma y’Uburundi wogukomeza guhuriza hamwe abasirikare bayifasha muri gahunda zayo zo kugaba ibitero ku gihugu cy’u Rrwanda.
Bamwe mubasesenguzi bakomeye batangaje ko izo ngabo zishobora kuba zishwe biturutse ku gusubiranamo hagati yazo cyane ko kugeza magingo aya ntamuntu urafatwa cyangw ango akurikiranweho ubwo bwicanyi.
Amakuru atugeraho yemeza ko Guverinoma y’i Burundi ikomeje guha imyitozo ya gisirikare idasazwe aho ngo ‘’ bakeneye abasirikare ibihumbi 50 biganjemo abo mu mitwe isazwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda mu rwego rwo kwitegura kurugabaho ibitero bikomeye.
Muri iri shyamba rya Kibira si ubwambere habonetsemo imirambo y’Abasirikare kuko no mu Kwezi kwa Gicurasi uyu mwaka hagaragayemo imirambo isaga 32 yari yambaye impuzankano y’Ingabo za Leta ya Congo.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show