English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Mu gihe cya Vuba hagiye gusohoka filime yanditswe na TOM CLOSE

Bwa mbere ,herekanywe integuza ya filime `IMUHIRA` yanditswe na tom close, ivuga ku nkuru y`umuscore w`umusirikare witwa Rwimo, wavuye mu kazi agatabara umuryango w`iwabo uba waratatswe na ba rushimusi b`inka .

Ni filime Tom Close agiye  gushyira hanze mu minsi mike  afatanyije na Zacu Entertainment yamufushije kuyitunganya, ni filime izagaragaramo ibyamamare bitandukanye byahano mu Rwanda harimo nka mpazimaka Jones Kennedy ndetse n`umuhungu we  Nkusi Arthur.

Integuza y`iyi filime yerekanwe mu ijoro ryo ku wa 19 Mutarama 2024  hamwe n’izindi filime zitandukanye zizerekanywa muri uyu mwaka kandi nziza mudakwiye gucikwa.



Izindi nkuru wasoma

RDC: Abasirikare n’Abasivili basaga 500 barekuwe muri gereza ya Mulunge mu gihe M23 isatira Uvira.

Vuba na bwangu: Papa Francis w’imyaka 88 yajyanwe mu Bitaro i Roma.

Impagarara mu nama y’Abakuru b’Ibihugu i Dar es Salaam: Moussa Faki yasabwe gusohoka mu nama.

Hamenyekanye igihe imibiri y’Abasirikare 14 bo muri Afurika y’Epfo izoherezwa mu Gihugu cyabo.

U Rwanda rwiteguye kwitabara mu gihe rwatewe – Minisitiri Nduhungirehe.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-01-22 16:20:02 CAT
Yasuwe: 368


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Mu-gihe-cya-Vuba-hagiye-gusohoka-filime-yanditswe-na-TOM-CLOSE.php