English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Mu bibazo byanjye byose ngira, icyo kugira umugabo ntikirimo –Umuhanzikazi Lydia Jazmine.

Umuhanzikazi Lydia Jazmine wo muri Uganda ufite se umubyara ukomoka mu Rwanda yatangaje ko mu bibazo ajya agira icyo gushaka umugabo kitarimo, mu buzima bwe.

Ibi uyu muhanzikazi yabitangaje ubwo yaganiraga na Televisiyo Ground TV avuga ko mu bibazo byose agira mu buzima bwe icyo gushaka umugabo kitarimo.

Riderman yavuye ku rubyiniro abafana batanyuzwe, Tuff Gang ntiyaririmba! Twinjirane mu Cyumba cya Rap

Ati “Mu bibazo byanjye byose ngira, icyo kugira umugabo ntikirimo.”

Lydia Jazmine w’imyaka 34 y’amavuko ni umuhanzikazi ukundirwa ikimero cye, ubuhanga bwe mu kuririmba ndetse n’imyambarire ye ikurura benshi mu b’igitsina gabo muri Uganda no hanze yayo, Gusa na none kandi benshi bibaza ku buzima bw’urukundo rwerekeza no ku gushaka umugabo we adakozwa kandi imyaka ye yigiye hejuru.



Izindi nkuru wasoma

Nyamasheke: Uko byagenze ngo umugabo w’imyaka 55 asambanye umwana w’imyaka itatu.

U Rwanda rwasabye Umuryango w’Abibumbye kugira icyo uvuga ku bacancuro barenga 280.

Icyakurikiyeho nyuma yuko umugore atawe muri yombi azira gukata igitsina cy’umugabo we.

Impamvu Musenyeri Nshole asaba Leta ya Congo kugirana ibiganiro na M23.

Ihuriro AFC/M23 ryongeye kugira ibyo risaba Leta ya Congo.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-01-11 10:53:51 CAT
Yasuwe: 124


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Mu-bibazo-byanjye-byose-ngira-icyo-kugira-umugabo-ntikirimo-Umuhanzikazi-Lydia-Jazmine.php