Minisitiri w’Intebe wa Isiraheri Benjamin Netanyahu ararwaye
Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, ari koroherwa nyuma yuko ku cyumweru tariki ya 20 Nyakanga 2025 ibiro bye bisohoye itangazo rivuga ko yasanganywe indwara yo mu nda.
Netanyahu, w’imyaka 75, yaje yasanganywa uburwayi bwo mu mara (inflammation) no kubura amazi mu mubiri (dehydration), akaba ari kongererwa amazi anyuzwa mu mutsi ibizwi nka intravenous fluids nk’uko itangazo ribivuga.
Itangazo ry’ibiro bye ryavuze riti: 'Nk’uko abaganga be babimugiriye inama, Minisitiri w’Intebe azaruhukira iwe mu rugo mu gihe cy’iminsi itatu, ariko azakomeza gukurikirana imirimo y’igihugu ari aho.'"Ibiro bye kandi byanatangaje ko imirimo ye azayikomereza mu rugo mu gihe cy’iminsi itatu.
Netanyahu ubwo yaherukaga ku rwara Hari mu 2023 ndetse no mu 2024 , ubwo yagiraga uburwayi bwanatumye bamukuramo prostate.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show