English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Minisitiri w’Intebe wa Isiraheri Benjamin Netanyahu ararwaye      

Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, ari koroherwa  nyuma yuko ku cyumweru tariki ya 20 Nyakanga 2025 ibiro bye bisohoye itangazo rivuga ko yasanganywe   indwara yo mu nda. 

Netanyahu, w’imyaka 75, yaje yasanganywa uburwayi bwo mu mara (inflammation) no kubura amazi mu mubiri (dehydration), akaba ari kongererwa amazi anyuzwa mu mutsi  ibizwi nka intravenous fluids  nk’uko itangazo ribivuga.

Itangazo ry’ibiro bye ryavuze riti: 'Nk’uko abaganga be babimugiriye inama, Minisitiri w’Intebe azaruhukira iwe mu rugo mu gihe cy’iminsi itatu, ariko azakomeza gukurikirana imirimo y’igihugu ari aho.'"Ibiro bye kandi byanatangaje ko imirimo ye azayikomereza mu rugo mu gihe cy’iminsi itatu.

 

Netanyahu ubwo yaherukaga ku rwara Hari mu 2023 ndetse no mu 2024 , ubwo yagiraga uburwayi  bwanatumye bamukuramo prostate.



Izindi nkuru wasoma

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yitabiriye Inama mpuzamahanga mu Buyapani

Dore impamvu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi ari guhuzwa na FDLR

Mu ruzinduko rwe rwa mbere, Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yijeje abahinzi ikintu giko

Amateka yanditswe i Bujumbura: Umugore wa mbere agizwe Minisitiri w’Ingabo!

Isura ya mwarimu ni we uyihesha -Ubutumwa bukomeye bwa Minisitiri w’uburezi



Author: Elyse Niyonsenga Published: 2025-07-22 14:07:09 CAT
Yasuwe: 120


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Minisitiri-wIntebe-wa-Isiraheri-Benjamin-Netanyahu-ararwaye--.php