English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ingabo za Israel zagabye ibitero kuri Libani bihitana 51, abarenga174 barakomereka.

Minisiteri y’ubuzima  ya Libani yatangaje ko ibitero bagabweho na Israel byahitanye abarenga 51 ku wa 13 Ukwakira 2024.  

Minisiteri y’ubuzima yo muri Libani ikomeza ivuga ko ibyo bitero  bagabweho n’ingabo za Israel  bakoresheje indege, bikaba byakomerekeje abarenga 174 mu gihe abasaga 51 bahise bahasiga ubuzima.

Abaturage 22 muri abo bishwe bari mu Karere k'umusozi wa Libani, mu majyaruguru y'igihugu, mu gihe abantu 10 baguye mu bitero byagabwe mu majyepfo ya Nabatieh.

Abandi batanu barapfuye undi arakomereka mu gitero cyagabwe ku mudugudu wa Maifadoun, mu burengerazuba bw'ikigo cya Beaufort.

Donatien Nsengimana.



Izindi nkuru wasoma

ITANGAZO RYA CYA,UNARA Y'UMUTUNGO WAGURA KURI MAKE UHEREREYE KABAYA

Isabukuru nziza y’amavuko kuri Perezida Paul Kagame wujuje imyaka 67 y’ubukure.

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE NGORORERO WAGURA KURI MAKE.

Mu masasu menshi cyane FARDC yisubije agace ka Kalembe nyuma yogutsinsura ingabo za M23.

CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE MUSANZE WAGURA KURI MAKE



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-14 09:09:10 CAT
Yasuwe: 38


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ingabo-za-Israel-zagabye-ibitero-kuri-Libani-bihitana-51174-barakomereka.php