English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Igisirikare cya Israel  cyohereje  ingabo zacyo muri Lebanon, ahajyiye kubera isibaniro ry’intambara.

Israel yafashe ingabo zayo nyishi izohereza  muri Lebanon,aho iyiye mu bikorwa bya gisirikare  byo gusenya ihereye mu mizi y’umutwe witwaje intwaro wa Hezbollah, ndetse no gufata abarwanyi bawo  mu migugudu ituwe n’abasivile muri rusange.

Aya makuru yemejwe n’ingabo za Israel ibinyujije kurukuta rwa X, yemezako inira ariyo kurwana na Hezbollah bakabakura munzira nyuma y’umwaka umwe babagabyeho ibitero by’indege.

Abaturage batuye muri Lebanon bavuze ko  batangiye kumva urusaku rwa za kajugujugu ndetse na drones utibagiwe n’ibisasu biremereye batangiwe kuraswaho na Leta ya Israel.

Uretse Hezbollah, Israel iri no kugaba ibitero bikomeye  kubihugu  biherereyemo indi mitwe ibagwanya iherereye mu gihugu cya Yemen na Syria.

Iyi mitwe yose irwanya Leta ya Israel ishyigikiwe na Iran.



Izindi nkuru wasoma

Byiringiro Lague yajyanye muri RIB umunyamakuru uri mu bakomeye mu Rwanda

Rex Kazadi na Thomas Lubanga biyunze ku mitwe yitwaje intwaro muri RDC

U Bubiligi bwambariye urugamba muri Congo nyuma yo gutakarizwa icyizere n’u Rwanda

Imirwano yafashe indi ntera: Uko umutekano wifashe muri Centre ya Walikale

Ubutaka bwimuriweho ibiro by’Akagari: Umuturage arashinja ubuyobozi kutamuha ibyangombwa



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-01 07:56:55 CAT
Yasuwe: 77


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Igisirikare-cya-Israel--cyohereje--ingabo-zacyo-muri-Lebanon-ahajyiye-kubera-isibaniro-ryintambara.php