English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Igisirikare cya Israel  cyohereje  ingabo zacyo muri Lebanon, ahajyiye kubera isibaniro ry’intambara.

Israel yafashe ingabo zayo nyishi izohereza  muri Lebanon,aho iyiye mu bikorwa bya gisirikare  byo gusenya ihereye mu mizi y’umutwe witwaje intwaro wa Hezbollah, ndetse no gufata abarwanyi bawo  mu migugudu ituwe n’abasivile muri rusange.

Aya makuru yemejwe n’ingabo za Israel ibinyujije kurukuta rwa X, yemezako inira ariyo kurwana na Hezbollah bakabakura munzira nyuma y’umwaka umwe babagabyeho ibitero by’indege.

Abaturage batuye muri Lebanon bavuze ko  batangiye kumva urusaku rwa za kajugujugu ndetse na drones utibagiwe n’ibisasu biremereye batangiwe kuraswaho na Leta ya Israel.

Uretse Hezbollah, Israel iri no kugaba ibitero bikomeye  kubihugu  biherereyemo indi mitwe ibagwanya iherereye mu gihugu cya Yemen na Syria.

Iyi mitwe yose irwanya Leta ya Israel ishyigikiwe na Iran.



Izindi nkuru wasoma

Rubavu: Hamuriswe umushinga wa RDDP II witezweho guteza imbere ubworozi bw’inka.

Israel imaze kwivugana abasirikare ba Hezbollah babarirwa muri 250.

Ingabo z'u Rwanda zambitswe imidali y'ishimwe muri Santrafurika.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari muri Lesotho.

Ese ingabo za SADC zoherejwe muri DRC zititeguye ni zo zizahagarika umuvuduko wa M23.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-01 07:56:55 CAT
Yasuwe: 26


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Igisirikare-cya-Israel--cyohereje--ingabo-zacyo-muri-Lebanon-ahajyiye-kubera-isibaniro-ryintambara.php