Ibyihishe inyuma y’urupfu rw’umwana w’imyaka 15 i Ngoma
Abantu 11 bafashwe bashyikirizwa Sitasiyo ya Polisi ya Kibungo, bakaba barimo gukorwaho iperereza ku rupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 15 witwa ROVIZASI Divine wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri yisumbuye ku kigo cya GS Gahurire giherereye mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba.
Uwo mukobwa, se yamwohereje gushaka ubwatsi bw’inka mu masaha ya saa cyenda z’amanywa (15h00) ku wa gatanu tariki 11 Mata 2025, amubwira ko atebuka kugira ngo asigare ku rugo, se abone uko ajya ku rusengero, se arategereza ko agaruka aramubura nibwo yafashe icyemezo cyo kujya kumushaka, abonye saa kumi n’imwe (17h00) zigeze akomeza gushakisha afatanyije n’umugore we, amubona saa moya na makumyabiri (19h20) basanga umwana yapfuye bamugeretseho ibuye bicyekwa ko mbere yo kumwica babanje ku musambanya.
Iperereza rirakomeje kugira ngo hamenyekane ukuri ku rupfu rw’uyu mukobwa.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show