English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ibyihishe inyuma y’urupfu rw’umwana w’imyaka 15 i Ngoma

Abantu 11 bafashwe bashyikirizwa Sitasiyo ya Polisi ya Kibungo, bakaba barimo gukorwaho iperereza ku rupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 15 witwa ROVIZASI Divine wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri yisumbuye ku kigo cya GS Gahurire giherereye mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba.

Uwo mukobwa, se yamwohereje gushaka ubwatsi bw’inka mu masaha ya saa cyenda z’amanywa (15h00) ku wa gatanu tariki 11 Mata 2025, amubwira ko atebuka kugira ngo asigare ku rugo, se abone uko ajya ku rusengero, se arategereza ko agaruka aramubura nibwo yafashe icyemezo cyo kujya kumushaka, abonye saa kumi n’imwe (17h00) zigeze akomeza gushakisha afatanyije n’umugore we, amubona saa moya na makumyabiri (19h20) basanga umwana yapfuye bamugeretseho ibuye bicyekwa ko mbere yo kumwica babanje ku musambanya.

Iperereza rirakomeje kugira ngo hamenyekane ukuri ku rupfu rw’uyu mukobwa.



Izindi nkuru wasoma

Ibyihishe inyuma y’urupfu rw’umwana w’imyaka 15 i Ngoma

Amayobera mu gishanga cya Bigoro: Umugabo w’imyaka 42 yiciwe ahigeze kuboneka sebukwe we

Ubukwe bwahinduye isura nyuma y’itoroka ry’umugabo n’ifungwa ry’umugeni-Ikibyihishe inyuma

Rusizi: Umukecuru w’imyaka 80 yemeye ko ari umurozi, asaba imbabazi imbere y’Abakirisitu

Umusaza w’imyaka 75 yemeye ko yasambanyije umwuzukuru we w’imyaka 10, avuga n’impamvu



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-04-12 15:15:39 CAT
Yasuwe: 15


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyihishe-inyuma-yurupfu-rwumwana-wimyaka-15-i-Ngoma.php