English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli byagabanyutse

Urwego rw'igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y'inzego zimwe zirimo izifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli byagabanutse ugereranije n'ibyari bisanzwe bihari mu mezi abiri ashize.

Guhera kuri uyu wa gatatu tariki ya 05 Kamena 2024, ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli byagabanutse aho igiciro cya lisansi cyavuye kuri 1.764 Frw kigera  kuri 1,663 Frw naho igiciro cya mazutu kikaba cyavuye kuri 1688 Frw cyigera kuri 1652 Frw.

RURA yatangaje ko igabanuka ry'ibi biciro ryatewe nuko ibiciro bihagaze ku isoko mpuzamahanga.

RURA kandi yavuze ko ibyo biciro bizongera kuvugururwa nyuma y'amezi abiri nkuko bisanzwe.



Izindi nkuru wasoma

ITANGAZO RYA CYAMUNARA UUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE CYANZARWE WAGURA KURI MAKE

Paul Kagame yageze kuri site ya Kirehe yakirwa n'ababarirwa mu bihumbi

Twiteguye gukurikira abaduteye tukabageza iwabo-Minisitiri w'Intebe Judith Suminwa

Umutekano wakajijwe kuri Ambasade ya Kenya muri Uganda

Kirehe “Litiro 100 z’amazi y’ubuntu kuri buri rugo buri munsi “Dr. Frank Habineza



Author: Elysee Niyonsenga Published: 2024-06-05 05:55:20 CAT
Yasuwe: 147


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibiciro-byibikomoka-kuri-peteroli-byagabanyutse.php