English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Hatangajwe gahunda y’ingendo z’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko

Hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo n’igihe cy’ibiruhuko by’abanyeshuri yatangajwe na Minisiteri y’Uburezi, Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) kiramenyesha abayobozi b’amashuri, abarezi ndetse n’ababyeyi ko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazatangira gusubira mu miryango yabo mu kiruhuko guhera tariki ya 27 kugeza kuri 30 Kamena 2025.



Izindi nkuru wasoma

Abanyeshuri b’u Rwanda bakomeje gutsindirwa mu mibare n’ubugenge , Leta irateganya iki?

Rusizi: Abantu 127 bajyanwe mu bitaro igitaraganya bameze nabi

Ghana:Hatangajwe icyunamo cy'iminsi nyuma y'impanuka yahitanye abayobozi bakuru

Abanyeshuri biga muri gahunda Nzamurabushobozi basabwe gukoresha neza amahirwe bahawe

Hatangajwe gahunda y’ingendo z’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko



Author: Nsengimana Donatien Chief Editor Published: 2025-06-20 21:50:27 CAT
Yasuwe: 769


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Hatangajwe-gahunda-yingendo-zuko-abanyeshuri-bazataha-bajya-mu-biruhuko.php