Gen Muhoozi yasabye M23 gufata Kisangani vuba cyangwa UPDF ikabikora
Umugaba w’ingabo za Uganda Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba n’umuhungu wa perezida Museveni , kuri iki cyumweru tariki ya 23 Werurwe 2025, yatangaje ko M23 ikwiye gufata Kisanga ni vuba byihuse cyangwa UPDF ikabikora.
Mu nyandiko yanyujije kuri X, yavuze ko igisirikare cya Uganda kitazigera kibangamira M23 mu gufata Kisangani , ariko ko bakwiye kubikora vuba cyangwa bo bazabyikorere ubwabo.
Ati ” UPDF ntizigera yitambika M23 mu ufata Kisangani, ariko bagomba kubikoar vuba cyangwa twe tukabikora ubwacu.”
Gen Muhoozi yongeyeho ko amaze kwakira ubutumwa bwinshi bw’abaturage babo buva Kisangani, ko igihe bahabwa bahabwa uburenganzira na Mzee bahafata mu gitondo.
Ubu butumwa bwa Muhoozi abwanditse mu gihe avuye mu rugendo amazemo iminsi i Kigali , no mu gihe havugwa ko ingabo za Uganda zakubise bikomeye abo mu mutwe wa CODECO. Ibi kandi , abyanditse mu gihe M23 yatangaje ko irekuye umujyi wa Walikare n’ibice bindi bihegereye.
Inkuru dukesha Bwiza.com
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show