English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abepiskopi Gatolika b’u Rwanda n’u Burundi basabye ifungurwa ry’Imipaka hagamijwe ubuvandimwe

Abepiskopi Gatolika bo mu Rwanda no mu Burundi, bibumbiye mu Ihuriro ACOREB, batangaje ko bababajwe n’ifungwa ry’imipaka yo ku butaka ihuza ibihugu byombi, basaba ko hafatwa ingamba zo kuyifungura kugira ngo abaturage bongere gusabana no guhahirana.

Ibi byatangajwe mu nama isanzwe y’iri huriro, yabereye i Kibungo kuva tariki 30 Werurwe kugeza tariki 1 Mata 2025. Mu itangazo basohoye, Abepiskopi bavuze bati: “Tubabajwe no kuba kugera ubu imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi ifunze. Twishimiye ko hari ibyatangiye gukorwa kugira ngo umubano wongere kuba mwiza.’’



Izindi nkuru wasoma

Icyifuzo gishya cyatanzwe ku Rwanda: Ingabo za SADC zasabye kunyura i Kigali mu rugendo rwo gutaha

Visit Rwanda: Arsenal na PSG zigiye guhurira muri 1/2

Inzozi mbi z’abashaka gusubiza u Rwanda mu mwijima ntizizigera zigerwaho – Minisitiri w’Ingabo

Tariki ya 16 Mata 1994: Umunsi w’amarira n’umubabaro mu mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

U Rwanda mu rugendo rwo kwigarurira isoko Mpuzamahanga: UAE yonyine yinjije Miliyari 1.55$



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-04-02 11:04:49 CAT
Yasuwe: 70


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abepiskopi-Gatolika-bu-Rwanda-nu-Burundi-basabye-ifungurwa-ryImipaka-hagamijwe-ubuvandimwe.php