English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abahanzi b’ibirangiriere ku Isi, Jay-Z na P. Diddy bigobotoye ingoyi yari ibaboshye.

Ku wa Gatanu, Urukiko rwa New York rwahagaritse burundu urubanza rwashinjaga Jay-Z na P. Diddy gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 13 mu 2000, mu birori bya MTV Video Music Awards.

Jay-Z yavuze ko ibi birego ari impuha zishingiye ku kwangiza izina rye, ndetse byamuteye igihombo cya miliyoni $20. Iki cyemezo cyafashwe ubwo abavoka babo bagaragaje ko ikirego cyari kigamije gusebanya.

Nubwo batsinze mu mategeko, izi nkuru zashyize igikomere ku mwuga w’aba bahanzi, cyane cyane P. Diddy, umaze iminsi ashinjwa ihohoterwa.



Izindi nkuru wasoma

Yari amaze kurya irindazi yanga kwishyura, intandaro y’amakimbirane yamuviriyemo gufungwa

Igihe cyo gukura ingabo za SADC muri RDC cyari cyararenze - Impuguke mu by’umutekano

Igitaramo kimbaturamugabo cyari kuzaba ku munsi wo gutangira icyunamo mu Rwanda cyahagaritswe

U Rwanda rwongeye kwishyuza u Bwongereza Miliyari zisaga 89 Frw nyuma y’ibihano bidasobanutse.

FDLR iremeza ko Brig. Gen. Gakwerere washyikirijwe u Rwanda yari mu bayobozi bakuru bayo.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-17 10:35:39 CAT
Yasuwe: 131


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abahanzi-bibirangiriere-ku-Isi-JayZ-na-P-Diddy-bigobotoye-ingoyi-yari-ibaboshye.php