English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abahanzi b’ibirangiriere ku Isi, Jay-Z na P. Diddy bigobotoye ingoyi yari ibaboshye.

Ku wa Gatanu, Urukiko rwa New York rwahagaritse burundu urubanza rwashinjaga Jay-Z na P. Diddy gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 13 mu 2000, mu birori bya MTV Video Music Awards.

Jay-Z yavuze ko ibi birego ari impuha zishingiye ku kwangiza izina rye, ndetse byamuteye igihombo cya miliyoni $20. Iki cyemezo cyafashwe ubwo abavoka babo bagaragaje ko ikirego cyari kigamije gusebanya.

Nubwo batsinze mu mategeko, izi nkuru zashyize igikomere ku mwuga w’aba bahanzi, cyane cyane P. Diddy, umaze iminsi ashinjwa ihohoterwa.



Izindi nkuru wasoma

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria

Ibyo Kanye West yavuze kuri P Diddy byatangaje benshi

Kicukiro - Masaka: Yicishije icyuma uwo yari yarinjiye

Skales ufite indirimbo yakoreshejwe na Lamine Yamal wa Barcelona yakebuye abahanzi

Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-17 10:35:39 CAT
Yasuwe: 264


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abahanzi-bibirangiriere-ku-Isi-JayZ-na-P-Diddy-bigobotoye-ingoyi-yari-ibaboshye.php