Abahanzi b’ibirangiriere ku Isi, Jay-Z na P. Diddy bigobotoye ingoyi yari ibaboshye.
Ku wa Gatanu, Urukiko rwa New York rwahagaritse burundu urubanza rwashinjaga Jay-Z na P. Diddy gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 13 mu 2000, mu birori bya MTV Video Music Awards.
Jay-Z yavuze ko ibi birego ari impuha zishingiye ku kwangiza izina rye, ndetse byamuteye igihombo cya miliyoni $20. Iki cyemezo cyafashwe ubwo abavoka babo bagaragaje ko ikirego cyari kigamije gusebanya.
Nubwo batsinze mu mategeko, izi nkuru zashyize igikomere ku mwuga w’aba bahanzi, cyane cyane P. Diddy, umaze iminsi ashinjwa ihohoterwa.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show