English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Umuryango wa Bishop Gafaranga uri mu byishimo kubera umwana bibarutse w'umuhungu 

Umuryango Habiyambere Zacharie uzwi nka  Bishop Gafaranga n'Umugore we batangiye umwaka mushya wa 2024 bafite ibyishimo byinshi kuko bibarutse umwana w'umuhungu nyuma y'ukubukwe bwabo bwavuzwe cyane mu Rwanda.

Byatangajwe na Bishop Gafaranga mu cyiganiro yatambukije ku rubuga rwa YouTube ashimira umugore we kubwo impano itangaje yamuhaye muri uyu mwaka mushya wa 2024.

Gafaranga yavuze ko umugore we yamuhaye impano nziza cyane y'umwana w'umuhungu usa nase, Ati"Reka mbonereho Gushimira Murava kubera urugendo rutoroshye rw'amezi icyenda,impamvu mbibabwira nuko umwana yavutse kandi akaba ari umuhungu mwiza usa nase".

Nyuma y'ikiganiro yongeye kubwira umugore we ko amukunda cyane maze ashyira hanze amafoto yafatiwe mu birori igihe biteguraga kwibaruka uwo mwana.



Izindi nkuru wasoma

Nyamasheke: Uko byagenze ngo umugabo w’imyaka 55 asambanye umwana w’imyaka itatu.

U Rwanda rwasabye Umuryango w’Abibumbye kugira icyo uvuga ku bacancuro barenga 280.

Urukiko rwa Muhoza rwategetse ko Dr. Bishop Mugisha Samuel akomeza gufungwa.

Umuhanzi Bebe Cool yashimiye Bbi Wine kubera igikorwa cy’indashyikirwa yakoze.

Dr.Bishop Mugiraneza Mugisha Samuel yagejejwe ku rukiko rw'ibanze rwa Muhoza.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-01-05 12:33:30 CAT
Yasuwe: 447


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Umuryango-wa-Bishop-Gafaranga-uri-mu-byishimo-kubera-umwana-bibarutse-wumuhungu-.php