English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uganda: Elijah Kitaka yasubije abamusaba igitaramo

Elijah Kitaka ugezweho muri Uganda biciye muri label abarizwamo ya Swangz Avenue yasubije umwe mu bategura ibitaramo witwa Albert ko inkono ihira igihe, bitewe n’uko atari yaba tayari gukora igitaramo kihariye. Byatangiriye kuri X aho Albert yanditse ko abafana ba Elijah Kitaka bifuza igitaramo uyu mwaka niba we atiteguye bakaba babyikorera. Undi nawe ntiyatindiganyije kuko yahise amusubiza ko ari kubaka abafana ku buryo igihe kimwe azabaha igitaramo cy’amateka.



Izindi nkuru wasoma

Uganda: Elijah Kitaka yasubije abamusaba igitaramo

Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy

Uganda: Uko urupfu rw’ umusore w’umuherwe wagaragazaga impuhwe, rwashenguye igihugu cyose

Kajye mu muriro utazima!: Perezida Kagame yasubije abakomeje kunenga no guhiga u Rwanda

Igitaramo kimbaturamugabo cyari kuzaba ku munsi wo gutangira icyunamo mu Rwanda cyahagaritswe



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:12:35 CAT
Yasuwe: 5


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Uganda-Elijah-Kitaka-yasubije-abamusaba-igitaramo.php