Uganda: Elijah Kitaka yasubije abamusaba igitaramo
Elijah Kitaka ugezweho muri Uganda biciye muri label abarizwamo ya Swangz Avenue yasubije umwe mu bategura ibitaramo witwa Albert ko inkono ihira igihe, bitewe n’uko atari yaba tayari gukora igitaramo kihariye. Byatangiriye kuri X aho Albert yanditse ko abafana ba Elijah Kitaka bifuza igitaramo uyu mwaka niba we atiteguye bakaba babyikorera. Undi nawe ntiyatindiganyije kuko yahise amusubiza ko ari kubaka abafana ku buryo igihe kimwe azabaha igitaramo cy’amateka.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show