Perezida Tshisekedi yatinye inama i Dar es Salaam, yohereza Minisitiri w’Intebe.
Mu gihe ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata intera, Perezida Félix Tshisekedi yatinye kwitabira inama ikomeye iri guhuza ibihugu bya EAC na SADC igomba kubera i Dar es Salaam.
Iyi nama yari igamije kuganira ku mutekano muke uri mu burasirazuba bwa Congo.
Abasesenguzi bamwe bavuga ko Tshisekedi yagize ubwoba bwo guhura n’abandi bayobozi, ahitamo kohereza Minisitiri w’Intebe nk’umusimbura.
Hari abamunenze bavuga ko yirinda guhangana n’abo atavuga rumwe na bo, nk'uko byagiye bigaragara kuri televiziyo aho abandi bayobozi bashinja guhitamo gukomeza intambara aho gukemura ibibazo binyuze mu biganiro.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show