English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

 

Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo yo kumasha ya RDF

 

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yakurikiranye imyitozo yo kumasha y'ingabo za RDF yabereye mu kigo cya Gabiro kuri uyu wa 17 Kanama 2023.

Ni imyitozo yitwa ' Exercise Hard Punch' igaragaramo ibikorwa bya gisirikare bikubiyemo imyitozo itanmdukanye nko kumanuka ku migozi, kumasha, kwirwanaho, kurashisha imbunda nini n'ibindi.

Perezida Kagame yanaganiriye n'abasikare ba RDf bo mu kigo cya gisirikare gikorerwamo imyitozo ya gisirikare giherereye mu Karere ka Gatsibo.

 

 

 



Izindi nkuru wasoma

Uwahoze ari visi Perezida wa Kenya Gachagua yatangaje ko Guverinoma ya Ruto yagerageje ku muroga.

Perezida wa Gasogi United KNC, yabonye abo abyegekaho nyuma yo gutsindwa na APR FC 1-0.

Perezida Kagame yahaye imbabazi imfungwa 32 zari zarakatiwe n’inkiko.

Kenya: Kithure Kindiki yatangajwe nka Visi Perezida mushya, umwanya asimbuyeho Rigathi Gachagua.

Kenya: Visi Perezida Gachagua yafashwen’uburwayi butunguranye kubera ubwoba bwo kweguzwa.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-08-18 07:00:36 CAT
Yasuwe: 197


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Perezida-Kagame-yakurikiranye-imyitozo-yo-kumasha-ya-RDF.php