English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Nyina wa Diamond Platinumz yavuze kuri gahunda yo kuzana abuzikuru be bakarerwa na Se

Sanura Kasim benshi bazi nka Mama Dangote nyina w’umuhanzi Diamond Platnumz ukomoka mu gihugu cya Tanzania yatangaje ko abuzukuru be nibuzuza imyaka yubukure bagomba kubana na se.

Yatangaje ibi ubwa yarari mukiganiro yagiriye kuri wasafi tv , akaba nubundi ari televiziyo y`umuhunguwe

ibi yabivuzeho bamubajije uko yiteguye kuzakira abana b`umuhunguwe nibuzuza imyaka y`ubukure

bakaza bakabana na se.

Mama dangote yakomeje agira ati’ umwana iyo yujuje imyaka 7 nibwo aba yemerewe kubana na se ati

gusa iyo bari mu biruhuko baraza bakadusura tubakeneye n`ejo bkaza gusa nibuzuza imyaka 7 bagomba

kuza iwabo muri Tanzania kwa se “

Gusa kugeza ubu nubwo nyina wa diamond platnumz yavugaga ibi hakaba hari abana 2 umuhungu we

yabyaranye na Zari Hassan bamaze kuzuza iyi myaka y`ubukure kuko uwitwa Latifah dangote uyu

mwaka yuzuza imyaka 9 n`aho prince nillan akaba afite imyaka 8.

Abandi bo baracyari batoya ntabwo bari buzuza imyaka iriya myaka yubukure uwitwa naseeb Jr

yabyaranye na tanasha donna we azuza imyaka 5 muri uyu mwaka .

Yarangije avugako abana b`umuhunguwe bagomba kuza kuba muri tanzania



Izindi nkuru wasoma

NESA yatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko

Uko gahunda yo guherekeza umubyeyi wa Ombarenga Fitina na Nshimirimana Yunusu iteye

Afurika y'Epfo yavuze ku cyemezo cyo gukura Ingabo muri RDC inakomoza ku basirikare 14 baguyeyo

APR FC ikomeje kugorwa no gusogongera ku mwanya wa Mbere nyuma yo gusitara kuri Gasogi United

Byinshi kuri Paul Pogba wemererwa kugaruka mu mupira w’amaguru.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-01-19 18:12:17 CAT
Yasuwe: 392


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Nyina-wa-Diamond-Platinumz-yavuze-kuri-gahunda-yo-kuzana-abuzikuru-be-bakarerwa-na-Se.php