English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Nyina wa Diamond Platinumz yavuze kuri gahunda yo kuzana abuzikuru be bakarerwa na Se

Sanura Kasim benshi bazi nka Mama Dangote nyina w’umuhanzi Diamond Platnumz ukomoka mu gihugu cya Tanzania yatangaje ko abuzukuru be nibuzuza imyaka yubukure bagomba kubana na se.

Yatangaje ibi ubwa yarari mukiganiro yagiriye kuri wasafi tv , akaba nubundi ari televiziyo y`umuhunguwe

ibi yabivuzeho bamubajije uko yiteguye kuzakira abana b`umuhunguwe nibuzuza imyaka y`ubukure

bakaza bakabana na se.

Mama dangote yakomeje agira ati’ umwana iyo yujuje imyaka 7 nibwo aba yemerewe kubana na se ati

gusa iyo bari mu biruhuko baraza bakadusura tubakeneye n`ejo bkaza gusa nibuzuza imyaka 7 bagomba

kuza iwabo muri Tanzania kwa se “

Gusa kugeza ubu nubwo nyina wa diamond platnumz yavugaga ibi hakaba hari abana 2 umuhungu we

yabyaranye na Zari Hassan bamaze kuzuza iyi myaka y`ubukure kuko uwitwa Latifah dangote uyu

mwaka yuzuza imyaka 9 n`aho prince nillan akaba afite imyaka 8.

Abandi bo baracyari batoya ntabwo bari buzuza imyaka iriya myaka yubukure uwitwa naseeb Jr

yabyaranye na tanasha donna we azuza imyaka 5 muri uyu mwaka .

Yarangije avugako abana b`umuhunguwe bagomba kuza kuba muri tanzania



Izindi nkuru wasoma

Icyakurikiyeho nyuma yuko umugore atawe muri yombi azira gukata igitsina cy’umugabo we.

Drones za FARDC zaroshye ibisasu kuri Twirwaneho: Ese Col Makanika yaba yasimbutse uru rupfu?

Huye: Umunyeshuri ushinjwa gusambanya mugenzi we aratabaza asaba gukurikiranwa adafunzwe.

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE RUTSIRO WAGURA KURI MAKE

Igisebo gikomeye kuri Perezida Félix Tshisekedi: M23 iri kugenzura umujyi wa Bukavu.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-01-19 18:12:17 CAT
Yasuwe: 340


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Nyina-wa-Diamond-Platinumz-yavuze-kuri-gahunda-yo-kuzana-abuzikuru-be-bakarerwa-na-Se.php