English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Nicki Minaj arashakwa cyane muri Afurika y’epfo

Nyuma y’uko abaraperi babiri;Nicki Minaj yahuriye mu ndirimbo n’uwahoze ari umukoresha we Lil Wayne’Banned From No’. Mu cyumweru kimwe igiye hanze yabaye iya mbere kuri iTunes iza no mu zikunzwe muri Afurika y’Epfo kuri iTunes.

Nicki Minaj yagiye kuri X asubiza abafana be bo muri icyo gihugu ko yifuza kuzabataramira niba bamufitiye urukumbuzi. Iyi ndirimbo iri kumvwa cyane no mu bihugu by’I Burayi dore ko mu Bufaransa iri ku mwanya wa kabiri kuri ruriya rubuga.



Izindi nkuru wasoma

Ibyo mutamenye ku gitero Israel yagabye ku bayobozi bakuru ba Hamas muri Qatar

Umwihariko wa Zimbabwe yasusurukije Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rya Karongi 2025

Nyamasheke: Abikorera basabwe kuba urufunguzo rw’iterambere binyuze muri Kivu Beach Expo & Open Da

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka myinshi muri Congo

Abahoze muri MINUAR basuye Ingoro y’Urugamba rwo Kubohora Igihugu



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:20:48 CAT
Yasuwe: 279


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Nicki-Minaj-arashakwa-cyane-muri-Afurika-yepfo.php