English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Nicki Minaj arashakwa cyane muri Afurika y’epfo

Nyuma y’uko abaraperi babiri;Nicki Minaj yahuriye mu ndirimbo n’uwahoze ari umukoresha we Lil Wayne’Banned From No’. Mu cyumweru kimwe igiye hanze yabaye iya mbere kuri iTunes iza no mu zikunzwe muri Afurika y’Epfo kuri iTunes.

Nicki Minaj yagiye kuri X asubiza abafana be bo muri icyo gihugu ko yifuza kuzabataramira niba bamufitiye urukumbuzi. Iyi ndirimbo iri kumvwa cyane no mu bihugu by’I Burayi dore ko mu Bufaransa iri ku mwanya wa kabiri kuri ruriya rubuga.



Izindi nkuru wasoma

Abofisiye bato 1029 bahawe amapeti, Brian Kagame n'umwe muri bo”

Ingabo z’u Rwanda muri MINUSCA zohereje impano y’ubumenyi ku banyeshuri ba Lycée Buganda

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREREYE CYUVE MURI MUSANZE

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'IMITUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE BUGESHI MURI RUBAVU

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'IMITUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE BUGESHI MURI RUBAVU



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:20:48 CAT
Yasuwe: 355


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Nicki-Minaj-arashakwa-cyane-muri-Afurika-yepfo.php