English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Iran yemeje itegeko rishobora gufunga Umuhora wa Hormouz

Inteko ishinga amategeko ya Iran yatoye umushinga wemerera leta ya Iran gufunga umuhora wa Hormouz, usanzwe unyuzwamo ibikomoka kuri Peteroli byinshi biva mu burasirazuba bwo hagati byerekezwa hirya no hino kw’isi.

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'Amerika, Marco Rubio, yasabye u Bushinwa kubuza Iran gufunga uyu muhora.



Izindi nkuru wasoma

U Rwanda rwifatanyije na Qatar nyuma y’igitero cya Misile Iran yarashe ku Kigo cya Gisirikare

Iran yemeje itegeko rishobora gufunga Umuhora wa Hormouz

Ubuyapani bwananiwe gufata uruhande ku bushyamirane bwa Amerika na Iran

Izajya ihabwa n’abakivuka:Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda

Abarimo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran baguye mu gitero kidasazwe cyagabwe na Israel



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-23 12:08:52 CAT
Yasuwe: 10


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Iran-yemeje-itegeko-rishobora-gufunga-Umuhora-wa-Hormouz.php