English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Indirimbo nshya ya Bwiza ikomeje guca ibintu kumbuga nkoranya mbaga

 

 Umuhanzi kazi  Bwiza Emerance utamaze igihe kirekire mu muziki Nyarwanda akomeje gushimisha benshi mundirimo zitandukanye z’urukundo .

Kuri ubu yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Pain killer , indirimbo imaze gukundwa n’abataribake kurubuga rwa youtube . Ni indirimbo y’amajwi n’amashusho , ndetse amashusho yayo yakorewe mu gihugu Cy’Uburundi . Amashusho  n’amajwi byakozwe  na Santana,   John Elart ayobora amashusho .

Iy’indirimbo ije nyuma y’iyo yaraherutse gushyira hanze yitwa “Amano”

Bwiza Emerance yakoze indirimbo zitandukanye nka Exchange ,Rumours ,Ready nizindi ndetse hari nizo yagiye afatanya n’abandi bahanzi  batandukanye.

 

 

 Yanditswe na Murwanashyaka Sam



Izindi nkuru wasoma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Iwawa: Dore ingamba nshya zo gufasha urubyiruko zafashwe.

FARDC irashinjwa kwica no gusambanya imbaga nyamwishi muri Kalehe.

Agiye kugaruka mu muziki: Umwamikazi w’imbuga nkoranyambaga Songella ni muntu ki?

Abanyamakuru b’ubushongore n’ubukaka bagaragaye kuri radio nshya ‘SK FM’.

Moise Katumbi yatangaje gahunda nshya yo kweguza Perezida Tshisekedi.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-03-06 12:25:24 CAT
Yasuwe: 465


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Indirimbo-nshya-ya-Bwiza-ikomeje-guca-ibintu-kumbuga-nkoranya-mbaga.php