English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Indirimbo nshya ya Bwiza ikomeje guca ibintu kumbuga nkoranya mbaga

 

 Umuhanzi kazi  Bwiza Emerance utamaze igihe kirekire mu muziki Nyarwanda akomeje gushimisha benshi mundirimo zitandukanye z’urukundo .

Kuri ubu yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Pain killer , indirimbo imaze gukundwa n’abataribake kurubuga rwa youtube . Ni indirimbo y’amajwi n’amashusho , ndetse amashusho yayo yakorewe mu gihugu Cy’Uburundi . Amashusho  n’amajwi byakozwe  na Santana,   John Elart ayobora amashusho .

Iy’indirimbo ije nyuma y’iyo yaraherutse gushyira hanze yitwa “Amano”

Bwiza Emerance yakoze indirimbo zitandukanye nka Exchange ,Rumours ,Ready nizindi ndetse hari nizo yagiye afatanya n’abandi bahanzi  batandukanye.

 

 

 Yanditswe na Murwanashyaka Sam



Izindi nkuru wasoma

M23 ikomeje gufata ibice byo muri Teritwari ya Walikale ku muvuduko udasanzwe

Amavubi ari kwitegura gute mbere yo gucakirana na Nigeria? Ombolenga na Yunus bagarutse

Israel yasohoye itangazo rishobora guteza intambara nshya, nyuma y’igitero cyahitanye abantu 330

Yatakaje arenga Miliyoni 1£ kugira ngo agire ubwiza bukurura igitsina gabo ku Isi: Menya ubuzima bw

APR FC ikomeje kugorwa no gusogongera ku mwanya wa Mbere nyuma yo gusitara kuri Gasogi United



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-03-06 12:25:24 CAT
Yasuwe: 515


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Indirimbo-nshya-ya-Bwiza-ikomeje-guca-ibintu-kumbuga-nkoranya-mbaga.php