English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Iby’ingenzi wamenya kugira ngo wandikishe ibihangano byawe muri RDB.

Dore ibisabwa kugira ngo wandikishe igihangano cyawe mu Kigo cy’Igihugu cy’Iterambere mu Rwanda (RDB), aho kucyandikisha ari ubuntu.

Kwandikisha igihangano bisaba kuba ufite ibihangano, hanyuma ukandikira Umwanditsi Mukuru muri RDB umusaba kwandikwaho ibihangano.

Iyo umaze kumwandikira, uvuga ibyo bihangano, kumugereka utanga Flash cyangwa CD iriho izi ndirimbo cyangwa ibyo bihangano.

Kumugereka kandi, ushyiraho fotokopi y’indangamuntu, amasezerano wagiranye n’abagukoreye ibyo bihangano (Producers).

 

 



Izindi nkuru wasoma

DRC: Abantu 50 bahitanywe n’inkongi y’umuriro yibasiye Ubwato

Harry Maguire yagejeje Manchester United muri ½ cya Europa League mu mukino utazibagirana

Umugabo w’imyaka 55 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 10 i Kibeho

Visit Rwanda: Arsenal na PSG zigiye guhurira muri 1/2

RIB yataye muri yombi Meya wahoze ayobora Akarere ka Nyanza



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-15 09:31:19 CAT
Yasuwe: 241


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyingenzi-wamenya-kugira-ngo-wandikishe-ibihangano-byawe-muri-RDB.php