English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Iby’ingenzi wamenya kugira ngo wandikishe ibihangano byawe muri RDB.

Dore ibisabwa kugira ngo wandikishe igihangano cyawe mu Kigo cy’Igihugu cy’Iterambere mu Rwanda (RDB), aho kucyandikisha ari ubuntu.

Kwandikisha igihangano bisaba kuba ufite ibihangano, hanyuma ukandikira Umwanditsi Mukuru muri RDB umusaba kwandikwaho ibihangano.

Iyo umaze kumwandikira, uvuga ibyo bihangano, kumugereka utanga Flash cyangwa CD iriho izi ndirimbo cyangwa ibyo bihangano.

Kumugereka kandi, ushyiraho fotokopi y’indangamuntu, amasezerano wagiranye n’abagukoreye ibyo bihangano (Producers).

 

 



Izindi nkuru wasoma

Bugingo Hakim yerekeje muri APR FC nyuma yo kwigaragaza muri Rayon Sports

Benitha, Valentine, Prince na Gloire biteguye guhangana n’ibihangange bya Afurika muri Maroc

Uko impanuka yo muri Ngororero yongeye kugaragaza uburangare nyuma yo gukomerekeramo 4

Volleyball: Amakipe yo muri Uganda na Kenya mu yazitabira irushanwa ryo kwibuka

Urubyiruko ruzwi nk ‘Aba-Gen Z’ muri Kenya rwongeye guhangana na Polisi



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-15 09:31:19 CAT
Yasuwe: 350


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyingenzi-wamenya-kugira-ngo-wandikishe-ibihangano-byawe-muri-RDB.php