English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Iby’ingenzi wamenya kugira ngo wandikishe ibihangano byawe muri RDB.

Dore ibisabwa kugira ngo wandikishe igihangano cyawe mu Kigo cy’Igihugu cy’Iterambere mu Rwanda (RDB), aho kucyandikisha ari ubuntu.

Kwandikisha igihangano bisaba kuba ufite ibihangano, hanyuma ukandikira Umwanditsi Mukuru muri RDB umusaba kwandikwaho ibihangano.

Iyo umaze kumwandikira, uvuga ibyo bihangano, kumugereka utanga Flash cyangwa CD iriho izi ndirimbo cyangwa ibyo bihangano.

Kumugereka kandi, ushyiraho fotokopi y’indangamuntu, amasezerano wagiranye n’abagukoreye ibyo bihangano (Producers).

 

 



Izindi nkuru wasoma

U Rwanda rusaba RDC gushyigikira inzira z’amahoro muri Congo. Ibyo Amb. Ernest yeretse Loni.

U Rwanda rwasabye Umuryango w’Abibumbye kugira icyo uvuga ku bacancuro barenga 280.

Icyakurikiyeho nyuma yuko umugore atawe muri yombi azira gukata igitsina cy’umugabo we.

Mbappé yatsinze hat-trick, Real Madrid isezerera Manchester City muri Champions League.

Impamvu Musenyeri Nshole asaba Leta ya Congo kugirana ibiganiro na M23.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-15 09:31:19 CAT
Yasuwe: 145


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyingenzi-wamenya-kugira-ngo-wandikishe-ibihangano-byawe-muri-RDB.php