English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria akavuga abatarimo Wizkid. Yavuze ko akunda Rema, Davido na Burna Boy. Yavuze ako abo yavuze abona barenze kubera ibintu bitatu; imbaraga bakoresha ku rubyiniro,kwicisha bugufi n’ubumenyi bafite ku bijyanye n’imyitwarire yo mu bitaramo. Benshi mu bafana ba Wizkid bitwa Wizkid Fc bari kumutera amabuye ku mbuga nkoranyambaga bitewe no kuba umuhanzi wabo ataje muri batatu bavuzwe na D’banj.



Izindi nkuru wasoma

Ibyo mutamenye ku gitero Israel yagabye ku bayobozi bakuru ba Hamas muri Qatar

Umwihariko wa Zimbabwe yasusurukije Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rya Karongi 2025

Nyamasheke: Abikorera basabwe kuba urufunguzo rw’iterambere binyuze muri Kivu Beach Expo & Open Da

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka myinshi muri Congo

Abantu bagufi barusha abarebare amahirwe yo kuramba -Ukuri kwa Siyansi



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:16:24 CAT
Yasuwe: 280


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Dbanj-yatunguye-abantu-ubwo-yavugaga-abahanzi-batatu-abona-bagezweho-muri-Nigeria.php