English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria akavuga abatarimo Wizkid. Yavuze ko akunda Rema, Davido na Burna Boy. Yavuze ako abo yavuze abona barenze kubera ibintu bitatu; imbaraga bakoresha ku rubyiniro,kwicisha bugufi n’ubumenyi bafite ku bijyanye n’imyitwarire yo mu bitaramo. Benshi mu bafana ba Wizkid bitwa Wizkid Fc bari kumutera amabuye ku mbuga nkoranyambaga bitewe no kuba umuhanzi wabo ataje muri batatu bavuzwe na D’banj.



Izindi nkuru wasoma

Nicki Minaj arashakwa cyane muri Afurika y’epfo

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria

Kevin Muhire yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo

Umukinnyi ukomeye wari witezwe muri APR FC yasinyiye Esperance De Tunis

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:16:24 CAT
Yasuwe: 8


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Dbanj-yatunguye-abantu-ubwo-yavugaga-abahanzi-batatu-abona-bagezweho-muri-Nigeria.php