English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Byiringiro Lague nyuma yo gutandukana na Sandvikens IF ashobora kwisanga muri Rayon Sports.

Umukinnyi w’ Umunyarwanda, Byiringiro Lague nyuma yo gusezera ikipe yakiniraga ya Sandvikens IF agiye kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports nk’uko umunyamakuru uri mu bakomeye mu gutangaza amakuru yizewe Taifa Bruno yabitangaje.

Uyu mukinnyi yakiniraga ikipe yo Suède ya Sandvikens IF yo mu cyiciro cya Kabiri, aya makuru yo gutandukana n’ uyu mukinnyi yatangajwe n’ iyi kipe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Mutarama 2025.

Amakuru yatangajwe n’umunyamakuru Bruno Taifa ni uko uyu mukinnyi nyuma yo gutandukana n’iyi kipe agiye kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports.

Amakuru avuga ko ubuyobozi bw’ ikipe ya Rayon Sports bw’amaze kumvikana n’uyu mukinnyi, ko agomba kuza kwifatanya n’abandi mu gushaka igikombe cya Shampiyona cy’uyu mwaka.



Izindi nkuru wasoma

U Rwanda rusaba RDC gushyigikira inzira z’amahoro muri Congo. Ibyo Amb. Ernest yeretse Loni.

Icyakurikiyeho nyuma yuko umugore atawe muri yombi azira gukata igitsina cy’umugabo we.

Mbappé yatsinze hat-trick, Real Madrid isezerera Manchester City muri Champions League.

RDC: Abasirikare n’Abasivili basaga 500 barekuwe muri gereza ya Mulunge mu gihe M23 isatira Uvira.

Uganda: Abantu Umunani basezerewe nyuma yo gukira Ebola, abandi amagana bari mu kato.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-01-04 11:55:57 CAT
Yasuwe: 90


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Byiringiro-Lague-nyuma-yo-gutandukana-na-Sandvikens-IF-ashobora-kwisanga-muri-Rayon-Sports.php