English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Bruxelles: The Ben na Pamella bibarutse imfura yabo

Mu ijoro ryo ku wa 18 Werurwe 2025, umuhanzi nyarwanda The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, umwana w’umukobwa bise Mugisha Paris. Uyu mwana yavukiye mu Mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi, aho aba bombi bamaze igihe batuye.

Mu gitaramo The Ben aheruka gukorera i Bruxelles, yari yatangaje ko ategereje umwana w’umukobwa kandi yifuza kumuha izina rifitanye isano n’Ibihugu by’i Burayi, nk’ikimenyetso cy’igihango afitanye n’icyo gice cy’isi.

Bashyingiranywe ku wa 31 Ukwakira 2022, nyuma y’uko The Ben yamwambitse impeta y’urukundo mu Ukwakira 2021. Nyuma y’ibi, ku wa 15 Ukuboza 2023, The Ben yasabye anakwa Uwicyeza Pamella, maze ubukwe bwabo bubera mu Rwanda ku wa 23 Ukuboza 2023.



Izindi nkuru wasoma

Bruxelles: The Ben na Pamella bibarutse imfura yabo

Dore abakinnyi 7 bakina muri Rwanda Premier League bahamagawe mu makipe y’ibihugu byabo

Uburyo Ayabonga yateguriye Muhire Kevin amayeri yo kwigaranzura APR FC, akoresheje agapapuro

Rutsiro: Hatangajwe impamvu ituma abanyeshuri barangiriza amasomo yabo mu mashuri abanza.

Minisitiri Suminwa yahagarariye Perezida Tshisekedi mu nama yo gushakira umuti igihugu cyabo.



Author: Nsengimana Donatien Published: 2025-03-19 12:26:05 CAT
Yasuwe: 35


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Bruxelles-The-Ben-na-Pamella-bibarutse-imfura-yabo.php