English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Bikomeje guteza urujijo nyuma y’ibisasu birimo n’ibikomeye byanyanyagijwe  mu mujyi wa Bujumbura.

Burundi by’umwihariko  mu mujyi wa Bujumbura hakomeje gutera  benshi urujisho  bitewe n’itoragurwa ry’ibisasu  bitandukanye birimo ibyo mubwoko bwa  gerenade  na rokete, ibi bikarushaho gutera ubwoba abaturage bahatuye, dore ko batangiye no gushidikanya ku mutekano  wabo.

Ku munsi wejo hashize tariki ya 23 Nzeri 2024, hafi n’ahegereye  uruzi rwa Mpanda  hasazwe urusasu ruremereye cyane  rwo mu bwoko bwa rokete  kirashishwa  n’imbunda  zikomeye  zo mu bwoko  bwa RPG.

Ni mugihe Ibisasu byo mu bwoko bwa gerenade byo  bimaze iminsi  bitoragurwa ahantu hagiye  hatandukanye  by’umwihariko  mu  gace ka  Buyenzi, Kajaga  ndetse n’utundi duce tugize umujyi wa Bujumbura.

Abasesenguzi  Mpuzamahanga  mu by’umutekano   basobanuye ko  ari ibimenyetso   byerekana ko Bujumbura idatekanye ishobora kuba  irimo abashaka guhungabanya umutekano waho,bityo ko bagomba kwitondera ibyo bakora byose.



Izindi nkuru wasoma

Donald Trump yashinjije Kamala Harris kuba inyuma y’irindimuka rya Ukraine.

Rayon Sports WFC yerekanye ubwambure bwa AS Kiagali WFC nyuma yo kuyitsinda ibitego 5-2.

Nyuma y’imyaka 17 irushanwa rya ‘Beauty of the World’ rimaze ritaba, ryitabiriwe n’umunyarw

Umubyeyi wa Ezra Kwizera yitabye Imana nyuma y’uburwayi butunguranye.

Bikomeje guteza urujijo nyuma y’ibisasu birimo n’ibikomeye byanyanyagijwe mu mujyi wa Bujumbura



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-09-23 16:53:14 CAT
Yasuwe: 23


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Bikomeje-guteza-urujijo-nyuma-yibisasu-birimo-nibikomeye-byanyanyagijwe--mu-mujyi-wa-Bujumbura-1.php