English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abapolisi 240 bitegura kujya mu butumwa bw'umuryango w'abibyumbye bahawe impanuro

Abapolisi 240 bitegura kujya mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Sudani y'Epfo bahawe impanuro n'Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda CG Felix Namuhorenye mbere yuko berekeza muri icyo gihugu gusimbura bagenzi babo bari bamaze umwaka muri ubwo butumwa.

Muri Mata uyu mwaka abandi bapolisi bitegura kujya mu butumwa bw'Umuryango w'Abibubye bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrica bahawe impanuro nk'izo n'Umuyobozi Mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa (DIPG) Vincent Sano.

Abo bapolisi bari bagize amatsinda atatu arimo itsinda  RWAFPU II-9 n'abapolisi 180 bayobowe na Chief Superitendent of Police (CSP) Boniface Niyitegeka berekeje ahitwa Bandoro mu Majyaruguru y'igihugu aho bagiye gusimbura bagenzi babo bamazeyo umwaka.

Andi matsinda abiri ni RWAFPU1-10 rigizwe n'abapolisi 140 bayobowe na SSP  Jean Claude Munyeragwe n'itsinda RWAPSUI-9 rigizwe n'abapolisi 140 bayobowe na Ildephonse Rutagambwa ayo matsinda azakorera mu Murwa mukuru wa Centrafrica.



Izindi nkuru wasoma

PL yijeje abatuye Amajyepfo ko mu gihe yatorerwa kujya mu Nteko izakora ubuvugizi hagezwe ibikorware

PL yijeje abatuye Amajyepfo ko mu gihe yatorerwa kujya mu Nteko izakora ubuvugizi hagezwe ibikorware

PL yijeje abatuye Amajyepfo ko mu gihe yatorerwa kujya mu Nteko izakora ubuvugizi hagezwe ibikorware

Abanyeshuri basoza amashuri yisumbuye bazajya babanza kujya mu ngabo-Mpayimana Phillipe

Gakenke:Abagore 33 biyamamarije kujya mu Nteko Ishinga Amategeko y'u Rwanda



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-06-10 07:55:17 CAT
Yasuwe: 120


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abapolisi-240-bitegura-kujya--mu-butumwa-bwamahoro-bahawe-impanuro.php