English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Kiernan Forbes  batanu muri bo batawe muri yombi

Hashize iyumweru bitandatu umuraperi Kiernan Forbes [AKA arashwe , Polisi ya Cape Town imaze gutanngaza ko yataye muri yombi abagabo batanu bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rw’uyu muhanzi.

Aba bacyekwaho kugira uruhare mwiraswa ry’umuhanzi bafatiwe  ahitwa Erica Square ubwo baribagiye guhaha.

Minisitiri w’umutekano muri Afurika y’Epfo aherutse kubwira Inteko ishinga Amategeko ko Polisi iri gukora ibishoboka byose mu gukemura iki kibazo, binyuze kuri za telefone z’abantu batandukanye.

Biteganyijwe ko aba bagabo bagiye koherezwa mu ntara ya KwaZulu-Natal kwisobanura ku birego bashinjwa

Kiernan ‘AKA’ Forbes yarashwe mu ijoro rya tariki 11 Gashyantare 2023 ku muhanda wa Florida mu gace ka Durban y’amajyepfo hanze ya restaurant yitwa Wish, uku kurasa kwaguyemo n’inshuti ye Tebello "Tibz" Motsoane

 

 

Yanditswe na Murwanashyaka Sam



Izindi nkuru wasoma

Umugore yatawe muri yombi azira guteme umugabo we

M23 ikomeje gufata ibice byo muri Teritwari ya Walikale ku muvuduko udasanzwe

Volleyball: Amakipe yombi ya APR VC yageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka

Nyaruguru: Abayobozi babiri b’Akarere batawe muri yombi, Menya impamvu

Havumbuwe ibihugu 20 bishaka kohereza ingabo zidasazwe muri Ukraine



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-03-28 15:17:21 CAT
Yasuwe: 366


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abakekwa-gugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-Kiernan-Forbes--batanu-muri-bo-batawe-muri-yombi.php