English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abahanzi bo muri Nigeria batewe agahinda n’imibare itinjiza nko muri Amerika

Abahanzi bo muri Nigeria bamaze iminsi babwira isi yose agahinda bafite bitewe n’uko abumva indirimbo zabo kuri Spotify batabinjiriza nk’abumva ibihangano byo muri Amerika, Uburayi no mu Bwongereza.

 Donawon, umujyanama wa Tems yasobanuye ko abantu miliyoni bumva’Streams’ indirimbo yo muri Nigeria binjiriza umuhanzi $300. Ikibabaje rero ni uko abantu bangana gutyo bo muri Suwede binjiriza umuhanzi $8000-$10000.

Muri Mata 2025 Burna Boy, yanditse amagambo atarakiriwe neza n’ab’iwabo aho yaburiye abahanzi gushaka ubundi bucuruzi bakora kuko umuziki wabo udafite ububasha ku isoko ‘purchasing power’ nk’abahanzi bo muri Amerika n’I Burayi.

Icyakora igihugu nka Suwede cyashyize imbere cyane ubwo bucuruzi dore ko ari naho Spotify ifite icyicaro ariyo mpamvu kumva ibihangano by’abahanzi baho biri hejuru cyane mu isi.



Izindi nkuru wasoma

Abofisiye bato 1029 bahawe amapeti, Brian Kagame n'umwe muri bo”

Ingabo z’u Rwanda muri MINUSCA zohereje impano y’ubumenyi ku banyeshuri ba Lycée Buganda

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREREYE CYUVE MURI MUSANZE

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'IMITUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE BUGESHI MURI RUBAVU

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'IMITUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE BUGESHI MURI RUBAVU



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-05-31 14:56:21 CAT
Yasuwe: 414


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abahanzi-bo-muri-Nigeria-batewe-agahinda-nimibare-itinjiza-nko-muri-Amerika.php